Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ku Mugabane wa Afurika, La Federation des Verts Africains –FEVA, ryashimiye ishyaka Democratic Green Party of Rwanda kubw’intsinzi yegukanye mu matora...
Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kigezi yatangaje ko yataye muri yombi Umunyarwanda witwa Fosta Twizeyimana, akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka itandatu.
Abakinnyi batatu mu bahagarariye Israel mu mikino ya Olempike, baherutse kwakira ubutumwa bubabwira ko bashobora kwicirwa mu Bufaransa, kuri ubu hakaba hatangijwe iperereza. Umukino wa mbere Ikipe...
Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo iza gisivile mu karere k’uburasirazuba bw’icyo gihugu.
Itangazo...
Ikigo gishinzwe ubutasi muri Koreya y’Epfo cyatangaje ko umukobwa wa Kim Jong-un, amaze igihe ahabwa amasomo ajyanye n’imiyoborere kugira ngo azasimbure se ku buyobozi bwa Koreya ya Ruguru.
Mu gitondo cyo Kuri uyu wa mbere taliki 29 Nyakanga 2024 mu gace ka Saké ho muri Teritwari ya Masisi biravugwa ko hazindukiye imirwano ikomeye yahuje umutwe w’inyeshyamba za M23 n’ ihuriro ry’...