Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye.
Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba...
Muhire Kevin ukinira Rayon Sports, yatowe nk’Umukinnyi Mwiza w’Umwaka wa 2023/24 mu birori byo guhemba abitwaye neza muri Shampiyona y’u Rwanda byateguwe na Rwanda Premier League ku bufatanye na...
Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Jamus fc yo muri Sudan y’Epfo ibitego 3-0, umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo yongeye gushimangira ko akeneye abakinnyi...
U Burusiya ku wa Gatanu bwatangaje ko burimo kohereza izindi ngabo n’amasasu mu karere ko ku mupaka, aho Ukraine yagabye igitero gikomeye cyo kwihimura cyo ku butaka.
Itsinda ry’impirimbanyi za demokarasi kuri uyu wa Kane ushize ryatangaje ko byibuze abasivili 15 bishwe abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) muri El...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama yakiriye anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Bushinwa, Lt Gen Huang Xucong.