Ku itariki ya 5 Kanama 2024, igitero cya roketi cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’abanyamerika Ain al-Assad mu burengerazuba bwa Irak, ahakambitse ingabo z’Abanyamerika ndetse n’abakozi ba Amerika...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko: nta musirikare cyangwa ibikoresho bisigaye ku birindiro byayo muri Agadez mu gihugu cya Niger. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza...
Amerika ikomeje kugaragaza ko idashaka Intambara hagati ya Israel na Iran binyuze ku kumvikanisha impande zombi. Ni nyuma y’umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’ibi bihugu.
Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter Okoye uzwi nka Mr P, yavuze ko uyu muvandimwe we yashatse kumugambanira na mukuru wabo (Jude Okoye) ku...
Abakinnyi b’ikipe y’Amagare mu Karere ka Rusizi (Bugarama Cycling Team) na Limitless Cycling Team yo mu Karere ka Rubavu, bose bakina uyu mukino nk’abatarabigize umwuga, biyemeje guhuza imbaraga mu...
Douglas Emhoff, umugabo wa Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Hariss, yanze kugira icyo avuga ku makuru amaze iminsi amuvugwaho bamwe bafataga nk’ibihuha by’uko yigeze guca inyuma...