Nyuma yo gutsindwa na Police fc ku mukino wa Super Cup Abafana ba Apr fc nti bishimiye uburyo umutoza ahitamo abakinnyi babanza mu kibuga, bavuga ko hari abo yima umwanya kandi bashoboye
Muri rusange, abantu 9 bivugwa ko ari abagizi ba nabi batawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano mu rwego rw’umukwabu wishwe "Safisha Muji wa Goma", bamurikiwe umuyobozi w’umujyi wa Goma, muri...
Umupilote yapfuye nyuma y’uko kajugujugu yari atwaye iguye ku gisenge cya hotel iri mu mujyi wa Cairns uherereye mu majyaruguru ya Queensland muri Australia.
Mu gusoza inama idasanzwe yabaye kuri iki Cyumweru, itariki ya 11 Kanama i Kinshasa, ishyaka UDPS rya Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryafashe icyemezo cyo kuvana ku mirimo ye,...
Ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Basketball yatsinzwe n’iya Mali amanota 90-87 mu mukino wa mbere wa gicuti, aho iri kwitegura amajonjora y’Igikombe cy’Isi.
Perezida Aleksandar Vucic wa Serbie yatangaje ko u Burusiya buherutse kumuburira ko i Belgrade mu murwa mukuru w’igihugu cye hari gutegurwa imvururu zigomba gutangizwa n’abahagarariye ibihugu byo...
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yanyuzwe n’iterambere ba rwiyemezamirimo mu buhinzi bagezeho, yizeza ubufasha butandukanye mu rwego rwo gukomeza kuzamura urwego...