skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Iraq: Ingabo z’Amerika zagabweho ibitero bya roketi

Ku itariki ya 5 Kanama 2024, igitero cya roketi cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’abanyamerika Ain al-Assad mu burengerazuba bwa Irak, ahakambitse ingabo z’Abanyamerika ndetse n’abakozi ba Amerika...
6 August 2024 Yasuwe: 789 0

Riderman yasubije abamusaba kuziyamamariza umwanya w’ubudepite

Mu minsi ishize ubwo u Rwanda rwari mu bihe by’amatora, Riderman yanyarukiye ku rubuga rwa Instagram agaragariza abamukurikira ko abura imikono 300 imwemerera kwiyamamaza, ababaza niba bamwemerera...
6 August 2024 Yasuwe: 471 0

Perezida wa Centrafrique yashimye u Rwanda rwatoje ingabo ze

Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra, yashimiye Perezida kagame n’ingabo z’u Rwanda zotoje igisirikare cye. Ni nyuma yo kwinjiza mu ngabo abasirikare 634 bashya batojwe n’Ingabo...
6 August 2024 Yasuwe: 322 0

Abashakashatsi batanze impuruza ku myuka iri muri Lake Kivu ishobora kuzaturika

Abasesenguzi batanze umuburo ko imyuka yica iri mu mazi y’Ikiyaga cya Kivu, ishobora kuzaturika igasandara umunsi umwe bigateza ikibazo gikomeye.
6 August 2024 Yasuwe: 1058 0

AFRIKA Y’EPFO: Abitwaje intwaro bashimuse abanyeshuri

Abagabo batatu bafite imipanga n’umwe ufite imbunda bagabye igitero ku ishuri ry’ibanze riherereye mu karere ka Gauteng, bashimuta abana babiri, ndetse banatera ubwoba abakozi b’iryo shuri. Ibi...
6 August 2024 Yasuwe: 334 0

Niger: Amerika iremeza ko nta musirikare cyangwa ibikoresho bisigaye mu birindiro bya Agadez

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko: nta musirikare cyangwa ibikoresho bisigaye ku birindiro byayo muri Agadez mu gihugu cya Niger. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza...
6 August 2024 Yasuwe: 219 0

Amerika ishaka kwitambika umugambi wa Iran kuri Israel

Amerika ikomeje kugaragaza ko idashaka Intambara hagati ya Israel na Iran binyuze ku kumvikanisha impande zombi. Ni nyuma y’umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’ibi bihugu.
6 August 2024 Yasuwe: 680 0

Yaratugambaniye ngo badufunge ,Paul Okoye avuga kumpangaye Peter Okoye

Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter Okoye uzwi nka Mr P, yavuze ko uyu muvandimwe we yashatse kumugambanira na mukuru wabo (Jude Okoye) ku...
6 August 2024 Yasuwe: 553 0

Abakinnyi b’amagare batabigize umwuga biyemeje gukundisha Abanyarwanda uyu mukino

Abakinnyi b’ikipe y’Amagare mu Karere ka Rusizi (Bugarama Cycling Team) na Limitless Cycling Team yo mu Karere ka Rubavu, bose bakina uyu mukino nk’abatarabigize umwuga, biyemeje guhuza imbaraga mu...
6 August 2024 Yasuwe: 181 0

Umugabo wa Kamala Harris yaruciye ararumira ku birego by’uko yateye inda umukozi we wo mu rugo

Douglas Emhoff, umugabo wa Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Hariss, yanze kugira icyo avuga ku makuru amaze iminsi amuvugwaho bamwe bafataga nk’ibihuha by’uko yigeze guca inyuma...
6 August 2024 Yasuwe: 424 0