Nicolas Maduro, Perezida wa Venezuela yatangaje ko yamaze gusiba urubuga rwa Whatsapp muri telefone ye, asaba abaturage ko nabo barusiba mu ma telefone yabo kubera ko ruri gukoreshwa n’abantu bo mu...
Icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) cyo kwanga ubusabe bwo gutegura ibirori bya “Mukura Day” ku munsi umwe n’umukino wa Super Coupe uzahuza APR FC na Police FC ku wa...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23...
Polisi yo muri Uganda ku munsi w’ejo kuwa mbere yataye muri yombi abantu 14 batavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu myigaragambyo berekeza kuri Ambasade ya Kenya.
Impanuka yaraye ibereye mu Karere ka Shombo, intara ya Karusi, mu mujyi wa Gitega – Karusi – Muyinga, mw’ijoro ryo kuri uyu wa mbere 5 Kanama 2024 yahitanye ubuzima bwa Padiri Eliya Sakubu,...
Leta ya Uganda yohereje ingabo nyinshi ku mupaka mu rwego rwo kuba maso, nyuma yukobamwe mu bapolisi bahungiye muri iki gihugu, mu karere ka Kanungu.
Umutwe wa M23 uhanganye bikomeye...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Centrafrique, General Zephirin Mamadou yatangaje ko mu bihumbi by’ingabo z’amahanga ziri muri iki gihugu nta zinganya ibigwi n’abasirikare b’u Rwanda baba abari mu...
Myugariro Buregeya Prince uheruka gutandukana na APR FC, yerekeje mu Ikipe ya Al-Nasiriya izwi nka Sons of Sumer yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq asinya amasezerano y’umwaka umwe.