Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri MOROCCO yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police fc.
Ubuyobozi bw’imiryango itegamiye kuri leta yo muri Kivu y’Amajyaruguru burasaba ko Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zongera gutangiza ibitero bikaze ku mutwe wa M23 nyuma y’uko...
Umutoza wa APR FC, Darko Novic yavuze ko abakinnyi b’abanyamahanga iyi kipe yaguze bari hasi mu buryo bw’imbaraga, ubu bamwe bamaze kugera ku rwego rwiza.
Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, ku wa Kabiri w’iki cyumweru yatangaje ko inzego z’umutekano z’igihugu cye ziheruka kuburizamo umugambi wa coup d’état, zinata muri...
Umunya-Portugal Kepler Laveran de Lima Ferreira wamenyekanye nka Pepe mu makipe akomeye nka Real Madrid na FC Porto yasezeye kumyaka 41, nyuma y’imyaka 23 akina nka myugariro.
Kuvugurura Gare ya Nyabugogo biteganijwe gutangira mu 2025 bikazarangira mu 2027 bitwaye amafaranga ari hagati ya miliyoni 100 na miliyoni 150 z’amadolari, nk’uko Emma-Claudine Ntirenganya,...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze kumenyesha APR FC na Police FC ko umukino wa Super Coupe uzahuza aya makipe yombi kuri uyu wa Gatandatu, kuri Kigali Pele...
Perezida w’inteko ishinga mategeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Vital Khamere, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi nyuma y’uko yari yamusuye kuri uyu wa Gatatu.
Nk’uko yabitangaje,...