Inteko Rusange ya Sena yagaragaje imbogamizi zikizitiye ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo gukorera ku mihigo zituma ikomeza kudindira ndetse igatanga umusaruro udakwiriye mu guteza imbere abaturage.
Kuri ubu ikiri kuvugwa ni igihe ibiganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano uburasirazuba bwa Congo.
Kuri uyu wa gatatu, Perezida wa Kenya, William Ruto, yashyize abayoboke bane b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri guverinoma “yagutse” yari yasezeranyije nk’igisubizo ku myigaragambyo ibera...
Rayon Sports y’Abagore yisanze mu Itsinda 1 mu majonjora ya CAF Champions League mu karere ka CECAFA, aho iri kumwe na Commercial Bank of Ethiopia, Kenya Police Bullets FC, Yei Joint FC na Warriors...
Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yavuze ko Leta idafata nabi abafungiwe muri gereza nkuru ya Makala iherereye mu murwa mukuru, Kinshasa.
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri yirukanye ku mirimoAbbé Bahala Okw’Ibale Jean Bosco usanzwe ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe...