Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko agiye gusura u Rwanda aho azitabira irahira rya Perezida Paul Kagame riteganyijwe tariki 11 Kanama 2024.
Ni ibyo...
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 3 Kanama, ni bwo Natasha Nyonyozi yegukanye ikamba rya Nyampinga (Miss) wa Uganda 2024-2025, mu birori byabereye kuri Hoteli Sheraton i Kampala.
Uwitwa UWINGABIRE Pio yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIRAGIYE PIO mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri hano hasi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera,yarohoye imodoka iherutse kugonga igiti ita umuhanda igwa mu kiyaga cya Burera.
Ni impanuka yakomerekeyemo abantu babiri gusa nta muntu witabye...
Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira.
Umugaba mukuru w’ingabo za RDF, Maj Gen Vincent Nyakarundi, kuri iki Cyumweru yasuye Ingabo z’u Rwanda zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrica.
Umutwe wa Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 wafashe umupaka wa Ishasha, uhuza Congo na Uganda.
Ni agace kari muri Gurupema ya Binza, kuri km 60 uvuye muri Rutshuru-Centre.
Ku cyumweru nibwo...