Umutwe wa M23 ku wa Gatanu wigaruriye uduce twa Nyabanira na Ngwenda two muri Groupement ya Binza ho muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’ingabo za leta ya RDC.
Mu muhango wo gusezera Ismail Haniyeh wahoze ari umuyobozi mukuru wa Hamas wabereye i Teheran ku rwego rw’igihugu, muri uwo muhango wari witabiriwe n’abantu ibihumbi,nyuma y’uko uwo muyobozi mukuru...
Umunsi wa Rayon Day uteganyijwe kuba ku munsi w’ejo taliki ya 3 Kanama, hari byinshi byagiye bihinduka, ibyakozwe ndetse n’ibiteganyijwe gukorwa kuri uyu munsi nyirizina.
Umuvugizi w’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika y’Epfo, atangaza ko umusirikali umwe, ubarizwa mu ngabo zirwanira mu kirere yagabweho igitero n’ingwe, mu gihe yari muri sport yirukanka. Undi,...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) igiye guhindura uburyo amakipe azatomborana muri Champions League mbere y’umwaka mushya w’imikino wa 2024/25.