skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Burundi: Barembejwe n’icyorezo kibasira uruhu kikanafata imyanya y’ubuhumekero

Abatuye muri Komine ya Mugamba yo mu ntara ya Bururi mu gihugu cy’u Burundi, batewe n’indwara itaramenyekana ikomeje gukwirakwira hirya no hino.
21 July 2024 Yasuwe: 651 0

Perezida wa Seychelles Ramkalawan yashimiye Kagame wongeye gutorwa, yizeza gukomeza ubufatanye

Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan yishimiye intsinzi ya Kagame Paul uherutse gutorwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ku majwi 99.18%, agaragaza ko bishimangira icyizere gikomeye Abanyarwanda...
21 July 2024 Yasuwe: 196 0

U Bwongereza bwasezeranije Ukraine gukuba kabiri inkunga bwayihaga

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer , ubufasha bwo kubasabira ikurwaho ry’amategeko abuza Ukraine gukoresha intwaro zitangwa...
21 July 2024 Yasuwe: 435 0

Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina

Gukubaganya imyanya ndangagitsina hagamijwe kugera ku byishimo bya nyuma cyangwa kurangiza ‘Climax’ nibyo bihabwa izina ryo ‘kwikinisha’.
21 July 2024 Yasuwe: 2692 0

Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara

Kenya yamaze kwakira icyiciro cya mbere cya kajugujugu z’intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye kuyiha, ubwo Perezida William Ruto yazisuraga mu mezi make ashize.
20 July 2024 Yasuwe: 1186 0

Lt Gen Luboya yashinje abanyapolitiki gushaka kwinjiza M23 muri Ituri

Guverineri wa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama, yashinje bamwe mu banyapolitiki kugambirira kwinjiza umutwe witwaje intwaro wa M23 muri...
20 July 2024 Yasuwe: 1463 0

Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe

Nemeye Platini na Ingabire Olivia bamaze guhana gatanya ya burundu nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwemeje ubwumvikane bwabo bwo gutandukana burundu.
20 July 2024 Yasuwe: 1540 0

Abarenga 40 bapfiriye mu bwato bwibasiwe n’inkongi y’umuriro

Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) muri Haiti, wavuze ko byibuze Abanyahayiti 40 bapfiriye mu nyanja abandi benshi barakomereka nyuma yuko ubwato bwabo bwafashwe...
20 July 2024 Yasuwe: 646 0

Biden ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza mu minsi ya vuba

Kera kabaye, nyuma y’igitutu cyinshi cy’abo mu Ishyaka rye n’inshuti ze za hafi, Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza...
20 July 2024 Yasuwe: 1035 0

Blinken yatangaje ko Amerika ishobora guhagarika gufasha Ukraine

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko Igihugu cye gishobora guhagarika ubufasha giha Ukraine.
20 July 2024 Yasuwe: 1185 0