skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Connie Chiume wamenyekanye muri “Black Panther ” yitabye Imana

Connie Chiume wamamaye mu ruganda rwa sinema muri Afurika y’Epfo aho akomoka no ku Isi yose, uzwi cyane kubera filime ‘Black Panther: Wakanda Forever’ yapfuye afite imyaka 72.
7 August 2024 Yasuwe: 653 0

Umucurabwenge w’igitero Hamas yagabye kuri Israel mu Ukwakira 2023, yagizwe Umuyobozi Mukuru wayo

Yahya Sinwar, ufatwa nk’umucurabwenge w’ibitero Hamas yagabye kuri Israel ku wa 7 Ukwakira 2023, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’uyu mutwe mu bya politike, asimbuye Ismail Haniyeh uherutse kwicirwa muri...
7 August 2024 Yasuwe: 703 0

Basketball: Ikipe y’Igihugu y’abagore yerekeje muri Mali

Ikipe y’Igihugu y’abagore muri Basketball yerekeje muri Mali kwitegura imikino y’amajonjora y’ibanze y’Igikombe cy’Isi aho izakina imikino ibiri ya gishuti n’Ikipe y’Igihugu ya Mali y’abagore.
7 August 2024 Yasuwe: 374 0

Ibiciro bya lisansi mu Rwanda byagabanyutse

Leta y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yashyizwe kuri 1629Frw, ivuye kuri 1663 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yagumye kuri 1652Frw.
7 August 2024 Yasuwe: 1231 0

Perezida Touadéra yakiriye Gen Nyakarundi

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi n’itsinda bari kumwe, bagirana ibiganiro.
7 August 2024 Yasuwe: 633 0

Milton Kalisa wa Vipers aravugwa muri Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports, Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’, yasabye ikipe atoza ko yamugurira umukinnyi w’Umugande Milton Kalisa usanzwe akinira ikipe ya Vipers yahoze...
7 August 2024 Yasuwe: 1380 0

Pasiteri Rutayisire yemeye ko yakoresheje imvugo itaboneye ku ifungwa ry’insengero

Pasiteri Dr Antoine Rutayisire yemeye ko ubwo yavugaga ku kibazo cy’insengero zimaze iminsi zifunzwe yakoresheje amagambo ataboneye, ibintu ashimangira ko yatewe n’amarangamutima.
7 August 2024 Yasuwe: 1675 0

Perezida wa Venezuela yasabye abaturage kwitandukanya na WatsApp

Nicolas Maduro, Perezida wa Venezuela yatangaje ko yamaze gusiba urubuga rwa Whatsapp muri telefone ye, asaba abaturage ko nabo barusiba mu ma telefone yabo kubera ko ruri gukoreshwa n’abantu bo mu...
7 August 2024 Yasuwe: 460 0

Mukura VS ntiyumva uburyo FERWAFA ihagarika umukino wayo

Icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) cyo kwanga ubusabe bwo gutegura ibirori bya “Mukura Day” ku munsi umwe n’umukino wa Super Coupe uzahuza APR FC na Police FC ku wa...
7 August 2024 Yasuwe: 548 0

Tshisekedi yashinje Kabila gufasha inyeshyamba za AFC – M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23...
7 August 2024 Yasuwe: 1540 0