Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 3 Kanama 2024, mu gihugu cya Tanzania hateganyijwe umunsi wa Simba Day. Ni umunsi uzizihizwa hakinwa umukino uzahuza iyi kipe ya Simba SC na APR FC yo mu Rwanda.
Uwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
Abanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize.
Umukinnyi wa filime, Nyambo Jesca wamamaye nka Nyambo yifurije isabukuru nziza y’amavuko inshuti ye Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown akaba umwe mu babyinnyi bagezweho hano mu Rwanda, bamaze...
Kubera gutinza gutangiza umukino inshuro nyinshi mu mikino ya Shampiyona y’u Bwongereza ndetse ikanabyemera, Manchester City yahanishijwe gucibwa amande angana na miliyoni 2.5$.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burusiya byahererekanyije imfungwa kuri uyu wa 1 Kanama 2024, bigizwemo uruhare rukomeye na guverinoma z’ibihugu bitanu ari byo Turukiya, u Budage, Norvège,...
Haruna Niyonzima ni umwe mu bakinnyi b’abanyarwanda bamaze igihe kandi banditse amateka haba mu Rwanda no mu karere. Yakiniye amakipe atandukanye arimo Simba, Young zo muri Tanzania ndetse n’andi...
Abanyamuryango babarirwa muri 500 bibumbiye mu itsinda ryitwa ’Twivane mu bukene’ rikorera mu murenge wa Busogo w’akarere ka Musanze, bararira ayo kwarika nyuma yo gukusanya abarirwa muri Frw...