skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kiyovu Sports yisubije uwari umukinnyi wayo imukuye muri APR FC

Ikipe ya Kiyovu Sports yisubije umukinnyi Rwabuhihi Placide wari umaze imyaka ine muri APR FC.
23 July 2024 Yasuwe: 678 0

Canada: Hakenewe miliyari 300$ zizafasha mu guteza imbere ikoreshwa ry’imodoka z’amashanyarazi

Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere muri Canada, cyashyize hanze ubushakashatsi bugaragaza ko iki gihugu kizakenera amafaranga ashobora kugera muri miliyari 300$ kugira ngo hubakwe aho imodoka...
22 July 2024 Yasuwe: 175 0

U Burundi buravuga ko bwavumbuye amabuye y’agaciro azabutunga kugeza ku mperuka

U Burundi bumaze amezi buhura n’ikibazo gikomeye cy’ubukungu n’imibereho, cyaranzwe cyane cyane n’ibura rya lisansi, isukari n’imiti, ariko buravuga ko bwavumbuye ibirombe bya gasegereti na coltan...
22 July 2024 Yasuwe: 1126 0

Trump yavuze ko gutsinda Kamala Harris bizamworohera

Nyuma y’uko Perezida Joe Biden atangaje ko ahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza akanavuga ko azashyigikira Kamala Harris nk’uzamusimbura, Donald Trump bazaba bahanganye yavuze ko bizamworohera cyane...
22 July 2024 Yasuwe: 658 0

Jack Grealish ahangayikishije na miliyoni 1$ yibwe amaso akaba yaraheze mu kirere

Rutahizamu wa Manchester City, Jack Grealish, ahangayikishijwe no kuba amaze amezi arindwi inzego z’umutekano mu gihugu cye zitarafata abamwibye ibikoresho by’iwe mu rugo by’arenga miliyoni 1$.
22 July 2024 Yasuwe: 539 0

Rayon Sports igiye gutangaza umutoza n’abandi bakinnyi bashya

Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho ashobora gutangazwa nk’Umutoza mushya wa Rayon Sports kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga, nyuma y’uko impande zombi...
22 July 2024 Yasuwe: 902 0

Musanze yongereye amasezerano abakinnyi batanu

Ubuyobozi bw’ikipe ya Musanze FC, bwemeje ko iyi kipe yongereye amasezerano abakinnyi batanu barimo kapiteni wa yo, Ntijyinama Patrick uzwi nka Mbogamizi. Inkuru ivuga ko aba bakinnyi bongereye...
22 July 2024 Yasuwe: 426 0

Perezida Joe Biden yikuye mu matora y’ubutaha

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Nyakanga 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Joe Biden wari umaze iminsi asabwa guhagarika gukomeza urugendo rwo guhatanira indi manda kubera...
22 July 2024 Yasuwe: 339 0

Umusirikari wo muri Afurika y’Epfo yiciwe i Goma

Umusirikare wo muri Afurika y’Epfo wari waraje mu butumwa bw’amahoro gufasha ingabo za SADC mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yiciwe i Goma.
21 July 2024 Yasuwe: 865 0

Perezida wa Ukraine arasaba ibiganiro Putin w’Uburusiya

Pelezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy kuri iyi nshuro noneho niwe uvuga ko asanga Uburusiya bukwiriye gutumirwa mu biganiro bya kabiri by’intumwa z’ibihugu byinshi ku byakorwa ngo intambara...
21 July 2024 Yasuwe: 929 0