skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amateka n’udushya ku munsi wa Simba Day wo ku nshuro ya 15

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 3 Kanama 2024, mu gihugu cya Tanzania hateganyijwe umunsi wa Simba Day. Ni umunsi uzizihizwa hakinwa umukino uzahuza iyi kipe ya Simba SC na APR FC yo mu Rwanda.
2 August 2024 Yasuwe: 568 0

Inzara ikomeje guca ibintu ku Isi

Uwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
2 August 2024 Yasuwe: 524 0

Umunyamakuru Gershkovich mu mbohe nyinshi zahererekanyijwe hagati ya USA n’u Burusiya

Abanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize.
2 August 2024 Yasuwe: 260 0

Lourenço yaganiriye kuri Telefoni na ba Perezida Kagame na Tshisekedi

Perezida Manuel João Conçalves Lourenço wa Angola, ku wa Kane tariki ya 1 Kanama yaganiriye kuri Telefoni na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda.
2 August 2024 Yasuwe: 389 0

Nyambo yongeye guca amarenga y’urwo akunda Titi Brown

Umukinnyi wa filime, Nyambo Jesca wamamaye nka Nyambo yifurije isabukuru nziza y’amavuko inshuti ye Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown akaba umwe mu babyinnyi bagezweho hano mu Rwanda, bamaze...
2 August 2024 Yasuwe: 1225 0

Abanyamakuru babiri Aljazeera baguye mu bitero Israel yagabye muri Gaza

Abanyamakuru babiri bakoreraga Aljazeera bahitanywe n’ibitero ingabo za Israel zagabye mu nkambi ya Al-Shati iri mu majyaruguru ya Gaza, ku wa Gatatu.
2 August 2024 Yasuwe: 193 0

Manchester City yaciwe miliyoni 2.5$ na ENGLISH Premier League

Kubera gutinza gutangiza umukino inshuro nyinshi mu mikino ya Shampiyona y’u Bwongereza ndetse ikanabyemera, Manchester City yahanishijwe gucibwa amande angana na miliyoni 2.5$.
2 August 2024 Yasuwe: 277 0

Amerika n’u Burusiya byahererekanyije imfungwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burusiya byahererekanyije imfungwa kuri uyu wa 1 Kanama 2024, bigizwemo uruhare rukomeye na guverinoma z’ibihugu bitanu ari byo Turukiya, u Budage, Norvège,...
2 August 2024 Yasuwe: 269 0

Abandi bakinanye ntibagikina: Amateka ya Haruna Niyonzima uzakinira Rayon Sports.

Haruna Niyonzima ni umwe mu bakinnyi b’abanyarwanda bamaze igihe kandi banditse amateka haba mu Rwanda no mu karere. Yakiniye amakipe atandukanye arimo Simba, Young zo muri Tanzania ndetse n’andi...
1 August 2024 Yasuwe: 908 0

Musanze: Mudugudu na Mutekano bibye Frw miliyoni 60 y’abaturage batorokera muri Uganda

Abanyamuryango babarirwa muri 500 bibumbiye mu itsinda ryitwa ’Twivane mu bukene’ rikorera mu murenge wa Busogo w’akarere ka Musanze, bararira ayo kwarika nyuma yo gukusanya abarirwa muri Frw...
1 August 2024 Yasuwe: 1019 0