Nyuma y’uko Perezida Joe Biden atangaje ko ahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza akanavuga ko azashyigikira Kamala Harris nk’uzamusimbura, Donald Trump bazaba bahanganye yavuze ko bizamworohera cyane...
Rutahizamu wa Manchester City, Jack Grealish, ahangayikishijwe no kuba amaze amezi arindwi inzego z’umutekano mu gihugu cye zitarafata abamwibye ibikoresho by’iwe mu rugo by’arenga miliyoni 1$.
Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho ashobora gutangazwa nk’Umutoza mushya wa Rayon Sports kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga, nyuma y’uko impande zombi...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Musanze FC, bwemeje ko iyi kipe yongereye amasezerano abakinnyi batanu barimo kapiteni wa yo, Ntijyinama Patrick uzwi nka Mbogamizi.
Inkuru ivuga ko aba bakinnyi bongereye...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Nyakanga 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Joe Biden wari umaze iminsi asabwa guhagarika gukomeza urugendo rwo guhatanira indi manda kubera...
Umusirikare wo muri Afurika y’Epfo wari waraje mu butumwa bw’amahoro gufasha ingabo za SADC mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yiciwe i Goma.
Pelezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy kuri iyi nshuro noneho niwe uvuga ko asanga Uburusiya bukwiriye gutumirwa mu biganiro bya kabiri by’intumwa z’ibihugu byinshi ku byakorwa ngo intambara...