Umunya-Cameroun Issa Hayatou wabaye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) hagati ya 1988 na 2017, akaba na Visi Peresida wa FIFA yitabye Imana azize ubuwayi ku myaka 77
Nk’uko ibiro ntaramakuru AFP bibitangaza ngo kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Kanama 2024, nibura abasivili batanu bapfiriye mu bitero by’u Burusiya mu turere twinshi twa Ukraine, nk’uko abayobozi...
Abantu babiri bo mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke, bishwe na gazi yo mu Kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
Ni impanuka yabaye ku isaha ya saa mbiri za nimugoroba w’ejo ku wa Kane...
Perezida wa Madascar Andry Rajoelina na Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan batangaje ko bazitabira ibirori by’irahira rya Perezida wa Repubulikay’u Rwanda Paul Kagame, ku wa 11 Kanama 2024...
Arkidiyosezi ya Kigali yashyize ahagaragara Igishushanyo Mbonera cya Cathédrale Saint Michel nshya ijyanye n’igihe, izubakwa ahahoze Gereza ya Nyarugenge yamenyekanye ku izina rya 1930.