skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Rwanda na RDC byemeranyije agahenge

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yo n’u Rwanda bemeranyije agahenge, uhereye ku itariki ya 4 y’ukwezi gutaha kwa Kanama.
31 July 2024 Yasuwe: 522 0

Davido yateguje igitaramo cyo kwizihiza ubwigenge

Umuhanzi umenyerewe mu njyana ya Afro beat yateguje igitaramo azakora hagamijwe kwizihiza ubwigenge muri Nigeria. Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram uyu muhanzi yasangije abamukurikira...
31 July 2024 Yasuwe: 186 0

Haiti: Minisitiri w’Intebe yakangaranyijwe n’amasasu yarashwe aho yavugiraga imbwirwaruhame

Minisitiri w’Intebe wa Haiti (PM) Garry Conille , yakangaranyijwe n’amasasu yumvikanye ubwo yavaga mu bitaro bikuru bya kaminuza ya Leta ya Haiti.
31 July 2024 Yasuwe: 251 0

Israel iravuga ko yivuganye Komanda wa Hezbollah i Beirut

Israel iravuga ko yishe Komanda mukuru muri Hezbollah nyuma yo kugaba igitero ku nkengero z’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Liban.
31 July 2024 Yasuwe: 487 0

Libya: Abimukira basaga 350 bakomoka muri Nigeria na Mali basubijwe iwabo

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Nyakanga, Libya yasubije mu bihugu byabo abimukira 369, baturuka muri Nigeria no muri Mali barimo abagore barenga ijana n’abana .
31 July 2024 Yasuwe: 182 0

AS Kigali yatangiye imyitozo itarimo Sugira.

Ni imyitozo yatangiye mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 30 Nyakanga 2024, yagara gayemo bamwe mu bakinnyi bayo basanzwe bafite amasezerano ndetse n’abashya. Mbere yo gutangira, hagaragayemo...
31 July 2024 Yasuwe: 328 0

Mali: Intagondwa Zahitanye Abacanshuro 50 b’ Umutwe wa Wagner

Umutwe w’intagondwa ukorana na al Qaeda, watangaje ko wishe abacancuro b’Abarusiya 50 n’abasilikare ba Mali 10, mu gitero bagabye mu ntara ya Kidal mu majyaruguru ya Mali hafi y’umupaka w’Alijeriya.
31 July 2024 Yasuwe: 268 0

Uganda: Havumbuwe uduhanga tw’abantu 17 aho basengeraga

Polisi yo muri Uganda kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2024 yatangaje ko havumbuwe igisanduku gipfundikiye, cyari kirimo uduhanga tw’abantu 17 mu gace abantu bajyaga gusengeramo. Aya makuru...
30 July 2024 Yasuwe: 759 0

Cameron: Urubyiruko ruzwi nka Gen- Z rwateguje ubutegetsi ko bashobora kwigaragambya

Urubyiruko rwo mu gihugu cya Kameroni ruvuga ko rufite impungenge ko amatora ateganyijwe umwaka utaha azibwa. Benshi muri bo bavuga ko bakomeje kwiyandikisha kugirango bazatore mu buryo bubanogeye...
30 July 2024 Yasuwe: 308 0

Rayon Sports WFC na Kawempe Muslim Ladies yo muri Uganda nti bazakina kuri Rayon Day.

Umukino wa gicuti wa gombaga guhuza Rayon Sports y’abagore na Kawempe Muslim Ladies yatwaye shampiyona ya Uganda ntabwo ugikinwe kuri Rayon Sports Day nk’uko byari biteganyijwe. Amakuru atugeraho...
30 July 2024 Yasuwe: 434 0