skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Hakimu Sahabobo yagarutse mu myitozo ya Standard de Liege

Umukinnyi W’umunyarwanda Hakimu Sahabo yongeye kugaragara mu myitozo y’ikipe ya Standard de Liege yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, nyuma y’imvune .
21 August 2024 Yasuwe: 544 0

Barack Obama yongeye gucyeza Harris Kamala

Mu nama y’Abademokarate yateranye ku munsi w’ejo hashize mu mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois muri Amerika, Barack Obama wahoze ari Perezida wa Amerika yacyeje Kamala Harris yongera gushima...
21 August 2024 Yasuwe: 573 0

Munyangaju yakoze iherekanyabubasha na Richard Nyirishema wamusimbuye

Uwari Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, yahererekanyije ububasha na Minisitiri mushya Nyirishema Richard wamusimbuye kuri izo nshingano.
21 August 2024 Yasuwe: 455 0

NESA yatangaje igihe amashuri azafungurira hamwe n’itangazwa ry’amanota ya 2023/2024

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama 2024, nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutegura Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri ’NESA’ cyatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2024-2025 uteganyijwe kuzatangira...
21 August 2024 Yasuwe: 1379 0

Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye

Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha Bénjamin ’The Ben’, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye.
21 August 2024 Yasuwe: 1416 0

Centrafrique: Abakomando ba UPDF bateye ibirindiro by’inyeshyamba za Joseph Kony

Ingabo za Uganda, (UPDF) zatangaje ko kuri uyu wa Kabiri zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kony washinze mutwe witwaje intwaro wa LRA urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
21 August 2024 Yasuwe: 796 0

APR FC yitegura AZAM FC yasuwe n’abayobozi bakuru b’Ingabo

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, ndetse n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Major Gen. Vincent Nyakarundi, basuye ikipe ya APR FC...
21 August 2024 Yasuwe: 311 0

Rayon Sports W yatakaje umukino wa kabiri muri CECAFA y’abagore

Rayon Sports y’abagore yatsinzwe na Kenya Police Bullets yo muri Kenya igitego 1-0 uba umukino wa Kabiri batsizwe muri CECAFA izavamo amakipe azitabira imikino yanyuma ya CAF Champions League.
20 August 2024 Yasuwe: 529 0

İlkay Gündoğan ashobora gusubira muri Manchester City

Nyuma y’umwaka umwe İlkay Gündoğan ,ashobora gutandukana na FC Barselona kubera ibibazo byo kubura umwanya wo gukina, agasubira muri Manchester City yahoze akinira muri English Premier League .
20 August 2024 Yasuwe: 427 0

Tugomba kurinda ibyagezweho – Umutoza wa AZAM FC avuga kuri APR FC

Umutoza mukuru wa Azam FC, Youssouph Dabo, yatangaje ko ikipe ye igomba kurinda igitego yabonye muri Tanzaniya, ikabyaza umusaroro amahirwe izabona imbere y’izamu rya APR FC.
20 August 2024 Yasuwe: 782 0