Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya.
Annie Knight, umukobwa w’imyaka 26 wo muri Australia yiyemeje guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 muri uyu mwaka nyuma y’abagabo 480 amaze kuryamana mu mezi icumi ashize.
Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2024 , yasabye imbabazi perezida William Ruto anamusaba amahirwe ya nyuma yo gukorera aba Kenya .