skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ibizakwereka ko umusore mukundana azakubera umugabo w’ikigwari

Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya.
8 October 2024 Yasuwe: 2145 0

Uburusiya bwakatiye imyaka 72 Umunyamerika waje kurwana muri Ukraine

Mu Burusiya, urukiko rwakatiye Umunyamerika w’imyaka 72 y’amavuko igifungo cy’imyaka hafi irindwi ashinjwa "kurwana muri Ukraine."
8 October 2024 Yasuwe: 1668 0

Impamvu udakwiye kongera kunywa imiti wasigaje

Inzobere mu buvuzi ziburira abantu bafata imiti basigaje mu gihe bivuzaga indwara mu bihe byabanje, bakongera bakayinywa igihe bongeye kumva bafite ibimenyetso bisa n’ibya mbere, kuko bashobora...
7 October 2024 Yasuwe: 2216 0

Umukobwa yihaye agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 mu mwaka umwe

Annie Knight, umukobwa w’imyaka 26 wo muri Australia yiyemeje guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 600 muri uyu mwaka nyuma y’abagabo 480 amaze kuryamana mu mezi icumi ashize.
7 October 2024 Yasuwe: 2194 0

Ukraine ikomeje gutakaza intwaro nyinshi ku rugamba

Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko Ingabo z’icyo gihugu ziri ku rugamba muri Ukraine zamaze gufata ububiko bw’intwaro nyinshi zaturutse mu bihugu bigize umuryango wa NATO, zikaba...
7 October 2024 Yasuwe: 2589 0

Minisitiri Nduhungirehe yagize icyo avuga kundirimbo nshya ya The Ben ‘Plenty’

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Ambasaderi Olivier J.P. Nduhungirehe, yagarutse kubuhanga bwa The Ben n’ubukaka bwe muri Muzika Nyarwanda avuga ko Plenty aherutse gushyira hanze...
7 October 2024 Yasuwe: 2185 0

Amavubi yerekeje muri Côte d’Ivoire gukina na Benin (Amafoto)

Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru y’Abagabo “Amavubi”, yerekeje muri Côte d’Ivoire gukina umukino ubanza wo mu itsinda D na Benin mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 muri uku kwezi...
7 October 2024 Yasuwe: 1923 0

Kenya: Visi Perezida uri mu mazi abira yatakambiye Perezida William Ruto

Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2024 , yasabye imbabazi perezida William Ruto anamusaba amahirwe ya nyuma yo gukorera aba Kenya .
7 October 2024 Yasuwe: 1722 0

Byinshi ku bumuga bwa ‘Autisme’ butera imyitwarire idasanzwe

‘Autisme’ ni ihinduka ridindiza imikurire n’imikorere y’ubwonko n’imyakura bya muntu bikamuviramo ubumuga bwo mu mutwe, ku buryo uyifite bimugiraho ingaruka zirimo kugira imyitwarire idasanzwe...
5 October 2024 Yasuwe: 4510 0

Menya imiti ushobora kunywa ikagutera kwibasirwa no kurota inzozi mbi

Ni ibisanzwe ko imiti muri rusange ivura indwara runaka ariko ikaba yagusigira izindi ngaruka, ndetse ubushakashatsi bugaragaza ko hari n’imiti umuntu anywa ikamutera kwibasirwa no kurota inzozi...
5 October 2024 Yasuwe: 3019 0