Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, ryatangaje ko rikeneye miliyoni 21,4 z’amadolari ya Amerika (29,1 Frw) zo kwifashisha mu gukumira icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende mu mpunzi.
Paul Merson wakinnye muri shampiyona y’u Bwongereza ubu akaba akora kuri Sky Sports nk’umusesenguzi yatangaje ko abona amahirwe ya Arsenal yo gutwara shampiyona azarangiria ku mikino ibiri ,harimo...
Pyramids FC yo mu Misiri yatangiye urugendo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Nzeri berekeza mu Rwanda, aho ije gukina na Apr FC umukino ubanza wa CAF Champions League.
Ikipe ya Arsenal irabura abakinnyi 7 batazagaragara ku munsi wa kane wa shampiyoa y’u Bwongereza, harimo 6 bavunitse ndetse n’undi umwe ufite ikarita y’umutuku.
Umuyobozi ushinzwe kugura abakinnyi muri FC Barselona Anderson Luis de Souza ’Deco’ yatangaje ko ikipe ya Barca itigeze isinyisha Nico Williams, kuko ifite abandi bakinnyi bakora ibirenze ibyo akora.
Torsten Frank Spittler utoza ikipe Y’Iguhugu Amavubi yatangaje ko nyuma y’amasezerano afite azarangira mu Ukuboza 2024, azahita asezera ko ntagahunda yo kongera amasezerano afite.