Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu...
Intumwa Yihariye y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu karere k’ibiyaga bigari, Ambasaderi Johan Borgstam, igiye kugirira uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu Rwanda,...
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare 726 bamaze kugwa mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo na Hamas mu gace ka Gaza, abandi barenga 4.500 barakomereka.
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Murambi ku Kigo Nderabuzima cya Murambi haravugwa inkuru y’Umurwayi wagejejwe ku kigo Nderabuzima ku itariki 6 Ukwakira 2024,bamuketse ho icyorezo cya Marburg...