Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Nzeri yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
Kuri uyu wa Kane tariki 12 Nzeri nibwo Mikel Arteta yongereye amasezerano muri Arsenal azamugeza muri 2027, uyu mutoza yageneye ubutumwa abafana ba Arsenal abizeza kuzabageza ku birernze ibyo...
Umunyarwenya Rusine Patrick n’umukunzi we Uwase Iryn basezeranye mu Murenge kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nzeri 2024, yakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga kubera amakuru akomeje kubavugwaho arimo...
Nyampinga w’u Bubiligi, Kenza Johanna Ameloot ufite inkomoko mu Rwanda ari mu bikorwa by’ubugiraneza byo kuvuza abana batishoboye bafite indwara y’ishaza, mu bindi yatangaje yavuze ko yiteguye...