skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Umusifuzi yahagaritswe burundu nyuma yo kuryamana n’umuyobozi we

Umusifuzikazi witwa Elif Karaarslan w’imyaka 24, yahagaritswe burundu nyuma y’aho hagaragaye amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuyobozi we umukubye hafi inshuro eshatu mu myaka.
9 October 2024 Yasuwe: 5896 0

Cuba ishaka kwinjira mu muryango BRICS

Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS.
9 October 2024 Yasuwe: 3646 0

Liban ishobora guhinduka nka Gaza: Umuburo wa Netanyahu

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu...
9 October 2024 Yasuwe: 3196 0

Menya itandukaniro ry’umubu utera Malaria n’indi, benshi baworora batabizi

Umuturage w’i Nyamagabe witwa Nibarere Agnès, avuga ko ahora atambuka ahantu haretse amazi mu kiziba cyangwa ubwe agatereka amazi mu nzu mu gikoresho yayavomeyemo, akabonamo udusimba dutaragurika...
9 October 2024 Yasuwe: 3259 0

Menya ingaruka zo kwicara umwanya munini udacishamo ngo uhaguruke

Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko kwicara umwanya munini umuntu adahaguruka bigira ingaruka ku mubiri, zirimo kurwara indwara zitandukanye nk’umugongo n’izindi.
8 October 2024 Yasuwe: 3086 0

Intumwa ya EU igiye kugenderera u Rwanda na RDC ngo irebe ko yabunga

Intumwa Yihariye y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu karere k’ibiyaga bigari, Ambasaderi Johan Borgstam, igiye kugirira uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu Rwanda,...
8 October 2024 Yasuwe: 2918 0

Isael yatangaje umubare mu nini w’abasirikare imaze gutakariza muri Gaza

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare 726 bamaze kugwa mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo na Hamas mu gace ka Gaza, abandi barenga 4.500 barakomereka.
8 October 2024 Yasuwe: 3473 0

Rulindo: Bamuketseho Marburg ntiyafashwa kugeza apfuye

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Murambi ku Kigo Nderabuzima cya Murambi haravugwa inkuru y’Umurwayi wagejejwe ku kigo Nderabuzima ku itariki 6 Ukwakira 2024,bamuketse ho icyorezo cya Marburg...
8 October 2024 Yasuwe: 3308 0

RURA yatangaje ibigiciro bishya bya lisansi na mazutu byagabanutseho

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, bikaba byagabanutse cyane ugereranyije n’ibyari bimaze amezi abiri bikurikizwa.
8 October 2024 Yasuwe: 2532 0

Taylor Swift yabaye umuhanzikazi ukize kurusha abandi ku Isi

Forbes Magazine izwiho gukora intonde ziganjemo izigaragaza umutungo w’ibyamamare, yatangaje umuhanzikazi Taylor Alison Swift wamamaye nka Taylor Swift, nk’ukize kurusha abandi b’igitsinagore...
8 October 2024 Yasuwe: 1688 0