skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Yannick Mukunzi yasabye abakunzi be amasengesho

Yannick Mukunzi ukinira Sandvikens IF mu cyiciro cya kabiri muri Sweden, yabazwe imvune yo mu ivi ,avuga ko byagenze neza kandi ashima Imana.
13 September 2024 Yasuwe: 738 0

Ibyihebe bya ADF byageretsweho ubwicanyi bwakorewe Abasivili 20 muri Ituri

Abarwanyi b’umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda bishe abasivili 20 mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
13 September 2024 Yasuwe: 289 0

Perezida Faye yasheshe Inteko Ishinga Amategeko

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Nzeri yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
13 September 2024 Yasuwe: 447 0

Guinea Bissau: Perezida Embalo yanze kwiyamamariza manda ya 2 abisabwe n’umugore we

Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Cissoko Embalo, yatangaje ku wa Kane atazongera kwiyamamariza manda ya kabiri mu matora azaba mu Gushyingo.
13 September 2024 Yasuwe: 818 0

Mugunga Yves yerekeje muri Arabie Saoudite

Rutahizamu Mugunga Yves yamaze kuva mu Rwanda aho yerekeje muri Arabie Saoudite gukinira Al-Selmiyah Club yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Kane.
13 September 2024 Yasuwe: 182 0

Nyuma yo kongera amasezerano Makel Arteta yageneye ubutumwa abafana

Kuri uyu wa Kane tariki 12 Nzeri nibwo Mikel Arteta yongereye amasezerano muri Arsenal azamugeza muri 2027, uyu mutoza yageneye ubutumwa abafana ba Arsenal abizeza kuzabageza ku birernze ibyo...
12 September 2024 Yasuwe: 659 0

Rusine Patrick n’umukunzi we basezeranye mu Murenge bakuruye impaka

Umunyarwenya Rusine Patrick n’umukunzi we Uwase Iryn basezeranye mu Murenge kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nzeri 2024, yakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga kubera amakuru akomeje kubavugwaho arimo...
12 September 2024 Yasuwe: 2565 0

Mikel Arteta yongereye amasezerano mashya muri Arsenal

Umunya-Esipanye utoza Arsenal Mekel Arteta yamaze kongera amasezerano muri iy’ikipe ibarizwa i Londere mu Bwongereza azamugeza muri 2027 .
12 September 2024 Yasuwe: 367 0

Umutoza ’Vigoureux’ wazamuye abakinnyi benshi b’i Rubavu yitabye Imana

Umutoza Mungo Jitiada, wamenyekanye cyane nka ’Vigoureux’, wafashije abakinnyi benshi bakomeye mu Karere ka Rubavu yitabye Imana azize uburwayi.
12 September 2024 Yasuwe: 670 0

Nyampinga w’Ububiligi yiteguye gutanga umusanzu mu kugarura ‘Miss Rwanda’

Nyampinga w’u Bubiligi, Kenza Johanna Ameloot ufite inkomoko mu Rwanda ari mu bikorwa by’ubugiraneza byo kuvuza abana batishoboye bafite indwara y’ishaza, mu bindi yatangaje yavuze ko yiteguye...
12 September 2024 Yasuwe: 648 0