Umunya-Esipanye Dani Olmo ukinira ikipe ya FC Barselona yagize imvune mu mukino ikipe ye yahuragamo na Girona , bituma ava mu bakinnyi bagomba gukina umukino wa UEFA Champions League Barca...
Abagabo bangana na 30% barangiza vuba ibyo bita ‘Kubipa’ mu gihe cyo gutera akabariro.
Ingingo yo kugera ku byishimo bya nyuma ni imwe mu zikunze kurikoroza mu biganiro bya bamwe, byagera ku...
Ikipe ya FC Barselona yujuje umukino wa gatanu itsinda nyuma yo gutsinda ikipe ya Girona ibitego 4-1 ikomeza kuyobora urutonde rwagateganyo rwa shampiyona ya Esipanye Laliga.
Kuri uyu wa Mbere, abapolisi benshi boherejwe ku Ishuri Ryisumbuye rya Dagoretti i Nairobi nyuma y’intambara hagati y’amatsinda abiri y’abanyeshuri kuri iki kigo.
Mu mukino wahuje Arsenal na Tottenham ku munsi wa kane wa shapiyona y’uBwongereza ,Arsenal yabonye amanota atatu , itsinze igitego 1-0, byongera ikizere mbere y’uko ijya ku kibuga cya Man City ku...