Ibi ni bimwe mu byo yatangaje kuri iki Cyumweru, tariki ya 15 Nzeri 2024, ubwo Kiyovu Sports yari imaze gutsindwa umukino w’umunsi wa gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium.
Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe amagereza muri Nigeria bwatangaje ko umwuzure wibasiye gereza iri mu gace ka Maiduguri mu Cyumweru gishize watumye abagera kuri 281 bari bayifungiyemo batoroka.
APR BBC yasubiriye Patriots BBC iyitsinda amanota 67-53 mu mukino wa gatatu w’iya nyuma ya kamarampaka ya Shampiyona y’Icyiciro cya mbere muri Basketball.
Donald Trump yatabawe igitaraganya n’inzego zishinzwe umutekano nyuma y’aho umuntu ashatse kumwicira mu rugo rwe ruri muri Leta ya Florida. Ni insanganya yabaye nyuma y’amezi abiri na none...
Mu rwego rwo gushaka ibitego bihagije, ikipe ya APR FC ishobora gukoresha abataka babiri mu mukino wa CAF Champions League igomba kwakiramo Pyramids yo mu Misiri.