Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yasabye igihugu cya Turkmenistan guta muri yombi Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya uri mu ruzinduko muri icyo gihugu, mu rwego rwo kubahiriza icyemezo...
Umunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. Ariko, kurya umunyu mwinshi cyane bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima. Reka turebere hamwe zimwe mu...
Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko ku wa Kane, ibitero bya Israel byahitanye abantu 22 bikomeretsa abarenga 100 mu mujyi wa Beirut rwagati ariko umuyobozi muri Hezbollah ararusimbuka .
Minisiteri y’Ubuzima ku wa Kane yatangaje ko hari abandi bantu batatu bamaze gukira indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, bituma umubare w’abamaze gukira iki cyorezo ugera ku bantu...