skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Putin yageze muri Turkmenistan, Ukraine isaba ko atabwa muri yombi

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yasabye igihugu cya Turkmenistan guta muri yombi Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya uri mu ruzinduko muri icyo gihugu, mu rwego rwo kubahiriza icyemezo...
11 October 2024 Yasuwe: 7527 0

Katumbi yagaragaje uko abona M23, akomoza ku mubano we na Kabila

Umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, yanenze umushinga uri gutegurwa wo guhindura Itegeko Nshinga, anagaragaza ko ikibazo cy’umutwe witwaje intwaro wa M23...
11 October 2024 Yasuwe: 9030 0

Iran yatanze umuburo ku bihugu bizafasha Israel mu kuyirasaho

Byitezwe ko mu minsi ya vuba Israel izarasa muri Iran, mu rwego rwo kwihorera ku gitero icyo gihugu giherutse kuyigabaho nyuma y’uko icyo gihugu cyishe Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa...
11 October 2024 Yasuwe: 5634 0

Dore ingaruka zo kurya umunyu mwinshi

Umunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. Ariko, kurya umunyu mwinshi cyane bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima. Reka turebere hamwe zimwe mu...
11 October 2024 Yasuwe: 4184 0

Uwaririmbye “Azabatsinda Kagame” yahawe inzu y’agatangaza

Musengamana Beata wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Azabatsinda Kagame’. Yahawe inzu nshya yubakiwe n’Umuryango wa FPR Inkotanyi mu Karere ka Kamonyi. Uyu mubyeyi w’abana batatu atuye mu Murenge...
11 October 2024 Yasuwe: 4049 0

Igitero cya Israel i Beirut rwagati cyahitanye 22 umuyobozi wa Hezbollah ararusimbuka

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko ku wa Kane, ibitero bya Israel byahitanye abantu 22 bikomeretsa abarenga 100 mu mujyi wa Beirut rwagati ariko umuyobozi muri Hezbollah ararusimbuka .
11 October 2024 Yasuwe: 3290 0

U Burundi burasaba Loni kwemeza ko bwabereyemo Jenoside yakorewe Abahutu

Guverinoma y’u Burundi yasabye Umuryango w’Abibumbye kwemeza ko mu 1972 muri iki gihugu habereye Jenoside yakorewe Abahutu.
11 October 2024 Yasuwe: 3054 0

Abandi bantu mu Rwanda bakize Marburg

Minisiteri y’Ubuzima ku wa Kane yatangaje ko hari abandi bantu batatu bamaze gukira indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, bituma umubare w’abamaze gukira iki cyorezo ugera ku bantu...
11 October 2024 Yasuwe: 2279 0

Amb. Col (Rtd) Karemera yitabye Imana

Ambasaderi akanaba Col (Rtd) Karemera Joseph wakoze imirimo itandukanye muri Guverinoma y’u Rwanda, yapfuye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ukwakira.
11 October 2024 Yasuwe: 2124 0

Sobanukirwa ibyiza bidasanzwe byo kurya umwembe

Umwembe ni urubuto ruzwiho kugira intungamubiri nyinshi ndetse n’akamaro kanini ku buzima bwa muntu. Kurya umwembe bifite ibyiza byinshi k’ubuzima ndetse n’uburyohe bwawo butuma benshi bawishimira....
10 October 2024 Yasuwe: 4139 0