Umuhanzi uzwi kandi unakunzwe n’abatari bake mu muziki nyarwanda Eric Senderi uzwi nka Senderi International Hit, yateguje abakunzi be indirimbo ye nshya yitwa Bazayomba.
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Ukwakira 2024, urukiko rwo muri Uganda rwakatiye uwahoze ari umuyobozi mu mutwe w’inyeshyamba za Lord Resistance Army (LRA) igifungo cy’imyaka 40.
Umutungo wa Elon Musk usanzwe ari umunyemari wa mbere ku Isi, wiyongereyeho miliyari 34$ mu munsi umwe gusa, nyuma y’uko agaciro k’imigabane y’uruganda rwa Tesla kiyongereyeho 22%.
Ntibikunze kubaho ko Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yifashisha umukinnyi wo mu Cyiciro cya Kabiri ariko kuri iyi nshuro umunyezamu wa Etoile de L’Est, Habineza Fils ni umwe mu bakinnyi 26 bahamagariwe...