skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Goma:hatangiye imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi iyobowe na SAMIDRC

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Gen.Maj Diakopu ukuriye ubutumwa bw’ingabo z’Afurika y’epfo yavuze ko iki gikorwa kigamije guha FARDC ubumenyi bwo gutabara ndetse no kuba bafasha abahuye...
20 October 2024 Yasuwe: 393 0

CHAN2024: Abakinnyi 26 b’Amavubi bahamagariwe kwitegura Djibouti

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Frank Torsten Spittler yahamagaye abakinnyi 26 azifashisha mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), aho u...
20 October 2024 Yasuwe: 368 0

Netanyahu yashinje Hezbollah gushaka kumwivugana

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yashinje umutwe wa Hezbollah gushaka kumwivugana, ubwo wagabaga igitero ku rugo rwe ukoresheje indege zitagira abapilote, drones.
20 October 2024 Yasuwe: 273 0

Ese byigenze gute ko mfite impungenge? Mungire inama ndabasabye

Hari umusore wifuza ko yagirwa inama mu bijyanye n’urukundo arimo kurubu gusa yifuje ko amazina ye atamenyekana. Muraho neza mwese , Ndi umusore wimyaka 27 nkaba nkora akazi ko murugo....
20 October 2024 Yasuwe: 769 0

Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?

Muri iy’iminsi hari kwigaragaza cyane urukundo rw’agahararo aho inshuti ziri gutandukana, ingo nyinshi zigatana. Ese uzi itandukaniro ry’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo? N’ubundi kandi,...
20 October 2024 Yasuwe: 997 0

Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umunyamategeko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambike n’umuyobozi w’ishyaka nyuma yo kurasa inshuro nyinshi ku...
20 October 2024 Yasuwe: 165 0

Umugore wa Cooper Barnes ahangayikishijwe na mugenzi we ushaka kumutwarira umugabo

Umugore wa Cooper Barnes wamamaye muri “Henry Danger” ari gushinja umuturanyi wabo, gushaka kureshya no kugusha umugabo we.
20 October 2024 Yasuwe: 191 0

Perezida Putin yaburiye Ukraine yifuza intwaro kirimbuzi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye Ukraine nyuma y’aho igaragaje ko ikeneye intwaro kirimbuzi zo kuyifasha kurinda umutekano wayo, ayimenyesha ko u Burusiya butazemera ibyo bishoboka.
19 October 2024 Yasuwe: 1305 0

Bwiza yijeje abakunzi be kuzahura na bo

Umuhanzi uri mu bakunzwe banabigaragarijwe n’abatari bake, Bwiza Emerance uzwi cyane nka Bwiza, yijeje abakunzi be kuzategura umunsi agahura na bo bagasangira bakishimana. Uyu mukobwa usanzwe...
19 October 2024 Yasuwe: 625 0

Inyanya zafasha mu kuvura ubugumba ku bagabo (Ubushakashatsi)

Mu busanzwe, inyanya zizwiho kuba zituma abantu bahorana akanyamuneza ndetse zikaba n’isoko ya vitamine C, ariko abashakashatsi baje kwemeza n’ubundi bushobozi buri mu nyanya butuma zigira uruhare...
19 October 2024 Yasuwe: 1154 0