skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Impanuro za DIGP Sano ku bapolisi bagiye koherezwa muri Sudani y’Epfo

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, yahaye impanuro abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS).
14 January 2025 Yasuwe: 327 0

Juno Kizigenza agiye kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki

Juno Kizigenza uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda kandi batanga icyizere, ari mu myiteguro yo kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki.
14 January 2025 Yasuwe: 216 0

Abasirikare 300 ba Koreya ya Ruguru bamaze gupfira mu ntambara yo muri Ukraine

Ikigo cy’Ubutasi cyo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 13 Mutarama 2025 cyatangaje ko abasirikare 300 bo muri Koreya ya Ruguru bamaze gupfira mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.
14 January 2025 Yasuwe: 241 0

Chancélier w’u Budage yagaragaje ko ashyigikiye guhura kwa Trump na Putin

Chancélier w’u Budage, Olaf Scholz, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cyo kuba Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yahura na Donald Trump ubura iminsi mike ngo arahirire kuba Perezida wa Leta...
13 January 2025 Yasuwe: 343 0

Nigeria: Igisirikare cyatangiye iperereza nyuma yo kwicira abasivili 20 mu gitero cy’indege

Ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko kuri uyu wa Mbere zatangiye iperereza nyuma y’amakuru avuga ko igitero cy’indege cya gisirikare gishobora kuba cyarahitanye abasivili bagera kuri 20...
13 January 2025 Yasuwe: 203 0

M23 yerekanye izindi ntwaro yambuye FARDC

Umutwe wa M23 wanyomoje amakuru yavugaga ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryawambuye ibice bitandukanye ugenzura muri Kivu y’Amajyaruguru.
13 January 2025 Yasuwe: 1129 0

REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha

Depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi...
13 January 2025 Yasuwe: 578 0

Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana

Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire...
13 January 2025 Yasuwe: 1046 0

Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria

Leta ya Nigeria yashyizeho amabwiriza mashya abuza abasirikare bayo kwijandika mu bikorwa birimo ubutinganyi, gusambanya inyamaswa, kwambara imyenda itajyanye n’igitsina cyabo (cross-dressing)...
13 January 2025 Yasuwe: 231 0

U Rwanda rugiye kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO

U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 y’Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31...
13 January 2025 Yasuwe: 223 0