Ikigo cy’Ubutasi cyo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 13 Mutarama 2025 cyatangaje ko abasirikare 300 bo muri Koreya ya Ruguru bamaze gupfira mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.
Chancélier w’u Budage, Olaf Scholz, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cyo kuba Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yahura na Donald Trump ubura iminsi mike ngo arahirire kuba Perezida wa Leta...
Ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko kuri uyu wa Mbere zatangiye iperereza nyuma y’amakuru avuga ko igitero cy’indege cya gisirikare gishobora kuba cyarahitanye abasivili bagera kuri 20...
Umutwe wa M23 wanyomoje amakuru yavugaga ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryawambuye ibice bitandukanye ugenzura muri Kivu y’Amajyaruguru.
Depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi...
Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire...
U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 y’Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31...