skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Burundi bwemeye ko buri gupfusha abasirikare muri RDC

Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Brig Gen Gaspard Baratuza, yemeye ko hari abasirikare b’igihugu cyabo bapfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko ngo ntibarwana urugamba rwo...
17 January 2025 Yasuwe: 2305 0

Macron yasabye ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yasabye ko hasubukurwa ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gukemura ikibazo...
17 January 2025 Yasuwe: 734 0

Gen Muhoozi byamwanze mu nda, agaruka ‘gitigisa Isi’ yifashishije Twitter

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagarutse ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter yari amaze iminsi mike atangaje ko ahagaritse gukoresha.
17 January 2025 Yasuwe: 884 0

Ibibazo by’imbibi z’ubutaka biraba birangiye mu myaka ibiri - Dr. Uwamariya

Minisitiri w’Ibidukikije Dr Uwamariya Valentine yemereye abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore ko mu gihe cy’imyaka ibiri ibibazo biri mu butaka...
16 January 2025 Yasuwe: 1024 0

Ibitero bya Israel byahitanye abantu 40 muri Gaza nyuma yo kwemeranya na Hamas agahenge

Ingabo za Israel zakomeje kugaba ibitero muri Gaza aho abarenga 40 bamaze kuhasiga ubuzima, bikorwa nyuma y’amasaha make umuhuza mu biganiro atangaje ko impande zombi zemeranyije agahenge.
16 January 2025 Yasuwe: 336 0

Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe

Umukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n’umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero.
16 January 2025 Yasuwe: 483 0

Cristiano Ronaldo agiye gusinya amasezerano amugira umunyamigabane muri Al-Nassr

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo agiye guhabwa amasezerano mashya muri Al-Nassr, azaba afite agaciro ka miliyoni zirenga 167.9£, ndetse agahabwa 5% by’imigabane muri iyi kipe, akajya agira...
16 January 2025 Yasuwe: 455 0

Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugereranya umutwe witwaje intwaro wa M23...
16 January 2025 Yasuwe: 828 0

The Rock yakomoje kubagabo bagira amarangamutima

Icyamamare muri Sinema n’imikino yo gukirana, Dwayne ‘The Rock’ Johnson, yatunguye benshi ubwo yashimiraga abagabo babasha kuririra mu ruhame, ndetse avuka ko nta mugabo ukwiye kubinengerwa.
16 January 2025 Yasuwe: 478 0

Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine

Abajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y’u Burusiya na Ukraine izatwara igihe kibarirwa mu mezi cyangwwa arenga, kugirango gikemuke. Ibi biravuguruza...
16 January 2025 Yasuwe: 849 0