Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yemeje ko habonetse ubwandu bushya bw’icyorezo cya Marburg, avuga ko ari umuntu umwe gusa kimaze kugaragaraho mu gihugu hose.
DJ Theo uri mu bahanga mu kuvanga imiziki, akanakorana na Ibisumizi Records ya Riderman, kuri ubu amerewe nabi n’uburwayi bumaze igihe bumuhejeje mu bitaro.
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko Visi Perezida w’iki gihugu, Dr. Philip Mpango, yamusabye kwegura akajya mu kiruhuko, ndetse ashimangira ko yabimwemereye.
Abapolisi bo mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde bataye muri yombi umugabo ukekwaho gutera icyuma umukinnyi wa filimi muri Bollywood witwa Saif Ali Khan mu cyumweru gishize.
Me Moïse Nyarugabo wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo z’iki gihugu riri kugaba ibitero mu basivili b’Abanyamulenge.