Abayobozi b’Uturere twa Burera, Gicumbi na Musanze bari basanzwe ari n’abayobozi b’Umuryango FPR Inkotanyi muri utwo turere ntibagarutse kuri ubwo buyobozi, nk’uko byari bisanzwe bimenyerewe ko aba...
Ibintu byakomeje kuba urujijo kandi bihindagurika kuri iki Cyumweru, itariki ya 19 Mutarama 2025, muri Teritwari za Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) na Kalehe (Kivu y’Amajyepfo).
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yavuze ko bashobora gusubukura imirwano n’umutwe wa Hamas igihe utazubahiriza amasezerano yo guhererekanya abafashwe bunyago nk’uko bikubiye mu...
Florentino Pérez agiye gukomeza kuba Perezida wa Real Madrid kugeza mu 2029, nyuma y’uko igihe ntarengwa cyo gutanga kandidatire ku biyamamariza uyu mwanya kigeze ari we wenyine wayitanze, ahita...
Umupilote ukomoka muri Denmark, Jepp Hansen, wari uri kwigisha ingabo za Ukraine gutwara indege zo mu bwoko bwa F-16, yishwe n’igisasu cyatewe n’u Burusiya mu mujyi wa Krivoy Rog.
Mu gihe habura umunsi umwe ngo Donald Trump, arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abagera mu bihumbi biganjemo abagore biraye mu mihanda ya Washington D.C, bamwamagana.
Kuri iki Cyumweru,itariki 19 Mutarama 2025, TikTok yahagaritse gukora ku bayikoresha muri Amerika kandi ntikiri kuboneka kuri za app stores zizwi mbere gato y’uko itegeko rya leta ryari kuyibuza...