skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amavubi ntazitabira CHAN 2024

Nyuma ya tombola igaragaza uko Ibihugu byabonye itike bizaba biri mu matsinda ane y’irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu Bihugu bya bo (CHAN 2024), hahise hamenyekana amakipe...
16 January 2025 Yasuwe: 661 0

Nyanza: Batatu bahitanywe n’impanuka ya Fuso

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari itwaye abantu umunani mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi, yakoze impanuka ikomeye, batatu bahita bahasiga ubuzima abandi bane barakomereka bikomeye.
16 January 2025 Yasuwe: 728 0

Jennifer Lopez aravugwa mu rukundo n’umukinnyi wa filime Kevin Costner

Jennifer Lopez aravugwa mu rukundo n’umukinnyi wa filime, Kevin Costner, nyuma y’iminsi mike ishize yemeranyijwe gatanya na Ben Affleck bari bamaze imyaka ibiri barushinze.
16 January 2025 Yasuwe: 242 0

Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu...
16 January 2025 Yasuwe: 692 0

Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umusore wo muri Burkina Faso

Ishimwe Vestine usanzwe aririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we Dorcas, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, mu muhango wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo.
16 January 2025 Yasuwe: 1271 0

RDC: Imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Tshisekedi zibanza kwakwa ruswa kugira ngo zirekurwe

Umuryango Bill Clinton Foundation uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watabarije imfungwa Perezida Félix Tshisekedi aherutse kubabarira kuko ngo...
16 January 2025 Yasuwe: 258 0

USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko ateganya gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, kugira ngo ubutegetsi bw’iki gihugu...
16 January 2025 Yasuwe: 163 0

Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine, yatangaje ko ibibazo by’imbibi z’ubutaka bw’abaturage bizaba byarangiye mu myaka ibiri, nyuma hakazakurikiraho gukemura ibindi bibabozo...
16 January 2025 Yasuwe: 250 0

Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo kubuza abagabo bihinduje ibitsina gukina mu mikino y’abagabo kimwe n’abagore bahinduriye ibitsina gukina mu mikino y’abagore.
16 January 2025 Yasuwe: 300 0

Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, Daniel Chapo yarahiriye inshingano ze nka Perezida mushya wa Mozambique, mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje imyigaragambyo bamagana ibyavuye...
16 January 2025 Yasuwe: 242 0