skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Macron yaganiriye na Perezida Kagame na Tshisekedi

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yaganiriye kuri telefone na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ndetse na Félix Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
26 January 2025 Yasuwe: 990 0

Bite by’umubano wa Titi Brown na Nyambo?

Hashize iminsi humvikana inkuru z’itandukana rya Nyambo na Titi Brown bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu rukundo, uretse ko aba bombi batigeze bifuza kuvuga byinshi kuri iyi ngingo.
26 January 2025 Yasuwe: 729 0

RDC: Abasirikare 13 ba SADC na Loni baguye mu ntambara na M23

Perezida ucyuye igihe wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Mutarama yashishikarije Guverinoma ya Congo kugirana ibiganiro...
26 January 2025 Yasuwe: 701 0

RDC: Abasirikare 13 ba SADC na Loni baguye mu ntambara na M23

Abasirikare 13 barimo abari mu butumwa bw’abari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) n’ab’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo...
26 January 2025 Yasuwe: 551 0

RDC yategetse Abadipolomate bayo bari i Kigali gutaha

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagaje igitaraganya Abadipolomate bayo bakorera mu Rwanda, inategeka ko ibikorwa byose bya Ambasade y’u Rwanda i...
26 January 2025 Yasuwe: 914 0

RDC: Imirwano yakomereje i Sake na Mweso

Umutwe witwaje intwaro wa M23 n’Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byiriwe mu mirwano mu Mujyi wa Sake na Mweso muri teritwari ya Masisi kuri uyu wa 25 Mutarama 2025.
25 January 2025 Yasuwe: 1904 0

Tanzania: Abarobyi 550 barohamye

Muri Tanzania haravugwa inkubi y’umuyaga yateje impanuka mu Kiyaga cya Rukwa, mu Karere ka Sumbawanga mu Ntara ya Rukwa, abarobyi 550 bararohama, abagera kuri 540 muri bo baratabarwa, ariko 10...
25 January 2025 Yasuwe: 949 0

Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko imfungwa (abagore bavutse ari abagabo) bajya bashyirwa mu magereza y’abagabo kandi bakanahagarikirwa serivisi z’ubuvuzi zifitanye...
25 January 2025 Yasuwe: 984 0

Mozambique: Perezida Chapo yirukanye umuyobozi wa polisi

Umukuru wa Polisi yo muri Mozambique, Bernadino Rafael, yirukanwe ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa gushimuta no guhohotera abaturage bari mu myigarambyo yabaye mbere y’amatora yo mu Ukwakira 2024...
25 January 2025 Yasuwe: 772 0

Congo yohereje intumwa gusaba inama yihutirwa i New York

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari muri America aho yagiye gusaba inama yihutirwa yiga ku bibazo biri mu burasirazuba bw’igihugu cye.
25 January 2025 Yasuwe: 1712 0