Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yaganiriye kuri telefone na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ndetse na Félix Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Hashize iminsi humvikana inkuru z’itandukana rya Nyambo na Titi Brown bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu rukundo, uretse ko aba bombi batigeze bifuza kuvuga byinshi kuri iyi ngingo.
Perezida ucyuye igihe wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Mutarama yashishikarije Guverinoma ya Congo kugirana ibiganiro...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 n’Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byiriwe mu mirwano mu Mujyi wa Sake na Mweso muri teritwari ya Masisi kuri uyu wa 25 Mutarama 2025.
Muri Tanzania haravugwa inkubi y’umuyaga yateje impanuka mu Kiyaga cya Rukwa, mu Karere ka Sumbawanga mu Ntara ya Rukwa, abarobyi 550 bararohama, abagera kuri 540 muri bo baratabarwa, ariko 10...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko imfungwa (abagore bavutse ari abagabo) bajya bashyirwa mu magereza y’abagabo kandi bakanahagarikirwa serivisi z’ubuvuzi zifitanye...
Umukuru wa Polisi yo muri Mozambique, Bernadino Rafael, yirukanwe ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa gushimuta no guhohotera abaturage bari mu myigarambyo yabaye mbere y’amatora yo mu Ukwakira 2024...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari muri America aho yagiye gusaba inama yihutirwa yiga ku bibazo biri mu burasirazuba bw’igihugu cye.