Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama cyemeje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR barashe ku butaka bw’u Rwanda.
Yoon Suk-yeol uherutse kweguzwa n’Inteko Ishinga Amategeko ku mwanya wa Perezida wa Koreya y’Epfo, arashinjwa kwigomeka nyuma yo kugerageza gushyiraho ibihe bidasanzwe, bigakekwa ko byari bigamije...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, bamwe mu basirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batsinzwe n’umutwe wa M23, bambutse umupaka baka ubuhungiro mu Rwanda.
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, umutwe wa M23 watangaje ko wafunze imirimo yose ikorerwa mu Kiyaga cya Kivu, ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ku wa Gatandatu tariki 25 Mutarama 2025, umugore wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru Tshisekedi, yatangaje ko yasuye abasirikare b’iki gihugu bakomerekeye ku...
Kuri iki Cyumweru, abashinzwe umutekano n’abaturage baravuga ko abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 ba Nigeria, barimo n’umuyobozi mukuru, nyuma yo gutera ikigo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko hari gahunda yise iyo gusukura agace ka Gaza kasenywe bikomeye n’imirwano hagati ya Israel n’umutwe wa Hamas, bityo ko abona...