Ku wa Gatandatu, umutwe wa Rapid Support Forces wagiranye amasezerano n’indi mitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro bishyize hamwe kugira ngo hashyirweho “guverinoma y’amahoro n’ubumwe”, nk’uko...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye ko abasirikare bari ku rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu bazamurirwa umushahara, imiryango yabo igahindurirwa imibereho.
Umuhanzikazi wo muri Uganda, Priscilla Zawedde uzwi ku izina rya Azawi yasabye Perezida Yoweri Museveni kwigira kuri mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu buryo bwo kwegera urubyiruko no kwitabira...