skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Visi Perezida wa Philippines yegujwe

Inteko Ishinga Amategeko ya Philippines yakuye mu nshingano Visi Perezida Sara Duterte ku wa Gatatu, nyuma y’ibirego birimo gushaka kwica Perezida Ferdinand Marcos Jr., ruswa ikabije no kudakomeza...
6 February 2025 Yasuwe: 290 0

Amerika yanze kwitabira inama ya G20 izabera muri Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye kitazitabira inama ya G20 izabera i Johannesburg, bitewe no kuba Amerika itumvikana...
6 February 2025 Yasuwe: 600 0

Hafashwe barindwi bakekwaho kwangiza no gucuruza ibikorwaremezo by’amashanyarazi

Ku wa Gatatu tariki 5 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA), n’Ikigo cy’Igihugu...
6 February 2025 Yasuwe: 496 0

U Bushinwa bwihimuye kuri Amerika, buzamura umusoro ku bicuruzwa biturukayo

Minisiteri y’Imari y’u Bushinwa yatangaje ko yashyizeho imisoro mishya kuri bimwe mu bicuruzwa bituruka muri Amerika, harimo umusoro wa 15% kuri gazi ndetse na 10% kuri peteroli itunganyije,...
6 February 2025 Yasuwe: 385 0

Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’

Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rya SWAT [Special Weapons and Tactics] ryitwaye neza mu marushanwa yahuje abapolisi baturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, azwi nka ‘UAE SWAT...
6 February 2025 Yasuwe: 251 0

Mikel Arteta ntiyishimiye uko Arsenal yitwaye ku isoko ryo muri Mutarama

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko yatengushywe no kuba iyi kipe nta mukinnyi yaguze ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama 2025.
5 February 2025 Yasuwe: 389 0

Perezida Macron yijeje gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’u Bufaransa

Perezida Emmanuel Macron, yatangaje ko u Bufaransa bugiye gukuba kabiri ingengo y’imari ishyirwa mu gisirikare cy’iki gihugu, ndetse anakangurira ibindi bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi...
4 February 2025 Yasuwe: 257 0

RDC: Tshisekedi yahamagaje inteko rusange y’igitaraganya y’Abadepite na Sena

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahamagaje inama idasanzwe y’Inteko ishinga Amategeko ku ruhande rw’Abadepite na Sena, ngo bige ku kibazo cy’umutekano mu...
4 February 2025 Yasuwe: 1666 0

Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Hahishuwe ko mu minsi ishize umuraperi Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwo mu ivi.
4 February 2025 Yasuwe: 419 0

Umuyobozi mukuru muri Islamic State yafatiwe muri Puntland

Ku wa Mbere, itariki 4 Gashyantare 2025, umuyobozi mukuru w’ishami rya Leta ya Kisilamu muri Somaliya yafashwe, nkuko byatangajwe n’abapolisi, n’ibitangazamakuru bya Leta nyuma yiminsi ibiri...
4 February 2025 Yasuwe: 600 0