“Ni ibisanzwe rwose (kuri Perezida Tshisekedi kuvuga ko atazigera aganira na M23). Ibi biremeza ko turi mu bihe by’amakimbirane n’ibibazo ”, uyu ni Umuvugizi w’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC),...
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko biteguye guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant bashyiriweho...
Abagizi ba nabi bikekwa ko batumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barashe ibisasu mu baturage bari bitabiriye inama y’ihuriro AFC/M23 mu mujyi wa Bukavu.
Umugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo baherutse gukurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari inkomere, ahubwo ko barwaye indwara...