Inteko Ishinga Amategeko ya Philippines yakuye mu nshingano Visi Perezida Sara Duterte ku wa Gatatu, nyuma y’ibirego birimo gushaka kwica Perezida Ferdinand Marcos Jr., ruswa ikabije no kudakomeza...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye kitazitabira inama ya G20 izabera i Johannesburg, bitewe no kuba Amerika itumvikana...
Minisiteri y’Imari y’u Bushinwa yatangaje ko yashyizeho imisoro mishya kuri bimwe mu bicuruzwa bituruka muri Amerika, harimo umusoro wa 15% kuri gazi ndetse na 10% kuri peteroli itunganyije,...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko yatengushywe no kuba iyi kipe nta mukinnyi yaguze ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama 2025.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahamagaje inama idasanzwe y’Inteko ishinga Amategeko ku ruhande rw’Abadepite na Sena, ngo bige ku kibazo cy’umutekano mu...