skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kwanga kuganira na M23 ubwabyo biragaragaza ko hari ikibazo – ECC

“Ni ibisanzwe rwose (kuri Perezida Tshisekedi kuvuga ko atazigera aganira na M23). Ibi biremeza ko turi mu bihe by’amakimbirane n’ibibazo ”, uyu ni Umuvugizi w’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC),...
28 February 2025 Yasuwe: 712 0

Cape Town: Inama ya G20 yananiwe kumvikana ku itangazo riyisoza

Inama ya ba ministri b’imari n’abakuru ba banki mu bihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi bananiwe kumvikana ku itangazo risoza inama.
28 February 2025 Yasuwe: 434 0

Amakosa utagomba gukoreshwa n’urukundo.

Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha...
27 February 2025 Yasuwe: 2312 0

Perezida Ramaphosa yahize gufunga Netanyahu

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko biteguye guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant bashyiriweho...
27 February 2025 Yasuwe: 1235 0

Bukavu: Abaturage bitabiriye inama ya AFC/M23 barashwemo ibisasu

Abagizi ba nabi bikekwa ko batumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barashe ibisasu mu baturage bari bitabiriye inama y’ihuriro AFC/M23 mu mujyi wa Bukavu.
27 February 2025 Yasuwe: 1509 0

Afurika y’Epfo yemeje ko mu basirikare bayo bavuye muri RDC harimo abafite ihungabana

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyemeje ko mu basirikare bacyo baherutse gukurwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, harimo benshi bafite ihungabana.
27 February 2025 Yasuwe: 887 0

Koreya y’Epfo: Bwa mbere mu myaka icyenda umubare w’abavuka wazamutse

Bwa mbere mu myaka icyenda ishize, umubare w’abana bavuka wiyongereye muri Koreya y’Epfo ugera kuri 0.75 mu 2024 uvuye kuri 0.72 mu 2023.
27 February 2025 Yasuwe: 247 0

Malawi yavuze ku basirikare bayo bakuwe muri RDC_Ntibakomeretse, barwaye indwara zidakira

Umugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo baherutse gukurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari inkomere, ahubwo ko barwaye indwara...
27 February 2025 Yasuwe: 1290 0

Diamond yasabye Perezida Samia Suluhu kubaka Arena nk’iyo mu Rwanda

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yasabye Perezida Samia Suluhu Hassan gushyiraho inyubako yakira ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro, imeze nk’iya BK Arena yo mu Rwanda.
27 February 2025 Yasuwe: 521 0

RDC: Kiliziya yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho na Leta

Kiliziya Gatolika yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho nyuma y’aho Urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe abinjira n’abasohoka (DGM) rufatiye Pasiporo ya Musenyeri Donatien...
27 February 2025 Yasuwe: 726 0