Minisitiri w’Ubumwe n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko hari gahunda yo gutangiza Itorero rigenewe abafungiwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bari hafi...
Ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko Colonel Alexis Rugabisha wari umuyobozi wa brigade ya 12 muri FARDC, yaguye mu mirwano na M23 muri Kivu y’Amajyepfo.
Igisirikare cya Tanzania cyatangaje ko giheruka gupfusha abasirikare babiri abandi bane bagakomereka, mu ntambara iheruka guhuza Umutwe wa M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umuyobozi Mukuru Ushinzwe ibikorwa byo Kubungabunga Amahoro mu Muryango w’Abibumbye, Jean Pierre Lacroix, yatangaje ko umutwe wa M23 wakomeje imirwano werekeza mu Mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru...
Isoko ryo mu Karere ka Omdourman, mu nkengero za Khartoum muri Sudani, ryibasiwe n’ibisasu ku wa Gatandatu, itariki ya 1 Gashyantare. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko iki gitero cyagabwe n’ingabo za...
Jean Pierre Lacroix ukuriye ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye, aremeza ko inyeshyamba za M23 zigenda zerekeza mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya...
Minisitiri w’Ingabo w’u Budage, Boris Pistorius, yamaganiye kure igitekerezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wasabye ko abagize umuryango wo gutabarana wa OTAN,...