Mu gihe Uganda yitegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa Region Forum on Sustainable Development ya 11 Perezida Museveni kuwa Gatatu yakiriye itsinda ry’intumwa riturutse muri Komisiyo...
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ruherereye mu Karere ka Musanze, ku wa Kane tariki 6 Gashyantare 2025, rwaburanishije Musenyeri Dr Mugiraneza Mugisha Samuel wahoze ari Umushumba wa EAR Diyosezi...
Ku wa 6 Gashyantare 2025, kapiteni w’Amavubi Djihad Bizimana yatandukanye n’ikipe ya Kryvbass Kryvyï Rih yakiniraga mu cyiciro cya mbere muri Ukraine, asinyira Al Ahli Tripoli yo muri Libya.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikumira abihinduje ibitsina (Transgender people) mu mukino cyangwa amarushanwa yagenewe abagore.
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abayobozi barasaba abaturage ubufasha bwo kubona abajura bibye amagi 100.000, afite agaciro ka $ 40.000, yibwe mu modoka imwe muri Leta ya Pennsylvania.
Mu gihe imirwano yabereye i Goma yaba yarahitanye abantu 3.000 nk’uko imibare y’agateganyo ya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo ivuga, Thérèse Kayikwamba Wagner, kuri uyu wa Gatatu itariki...