skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

RDC yashyize za miliyoni z’amadorali ku mitwe y’abarimo Nangaa na Gen. Makenga

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biciye muri Minisitiri wayo w’Ubutabera, yatanze za miliyoni z’amadorali ku washobora kuyiha amakuru yaganisha ku ifatwa ry’abayobozi bakuru ba M23/AFC.
8 March 2025 Yasuwe: 1110 0

Polisi y’u Rwanda yafashe umunya-Liberia wahondaguye abasekirite bo muri kaminuza

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umunyeshuri ukomoka muri Liberia nyuma yo gushyamirana n’abashinzwe umutekano wa Kaminuza ya East African University Rwanda.
8 March 2025 Yasuwe: 2594 0

U Burusiya bwarashe ‘misile 70’ muri Ukraine

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko ingabo z’u Burusiya zagabye mu gihugu cye ibitero bya misile n’utudege tutagira abapilote (drones), byangiza ibikorwaremezo.
7 March 2025 Yasuwe: 949 0

Syria: Abarenga 70 baguye mu mirwano bahanganyemo n’abashyigikiye Perezida Assad

Umutwe w’ubuyobozi bushya bwa Syria winjiye mu mirwano ikomeye yaguyemo abarenga 70, bahanganyemo n’abashyigikiye uwahoze ari Perezida w’icyo gihugu Bashir Al-Assad wagihunze mu Ukuboza umwaka ushize.
7 March 2025 Yasuwe: 513 0

Perezida Zelensky yizeye umusaruro mu biganiro bishya bihuza Amerika na Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko hateganyijwe ibiganiro bishya hagati ya Ukraine na Amerika bizabera muri Arabia Saoudite, ndetse ngo yiteze kuzabibonamo umusaruro mwiza.
7 March 2025 Yasuwe: 354 0

Itsinda rya Makoma rigiye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka 21 risenyutse

Itsinda ryitwa ‘Makoma’ ryaciye ibintu mu myaka yashize mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ryateguje ko rigiye kugaruka mu muziki rihereye ku gitaramo gikomeye rizakorera i Paris mu Bufaransa.
7 March 2025 Yasuwe: 779 0

Kinshasa: Abafana ba Motema Pembe basabye Corneille Nangaa kubohora RDC

Abafana ba DCMP (Daring Club Motema Pembe) iri mu makipe y’umupira w’amaguru y’ubukombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa,...
7 March 2025 Yasuwe: 1540 0

Perezida Trump yatanze icyifuzo cyo gusenya intwaro z’ubumara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko byaba byiza ibihugu byose bitunze intwaro z’ubumara bizisenye aho guhatanira kugira nyinshi kurushaho kuko ntacyo bimaze.
7 March 2025 Yasuwe: 534 0

RDC: Inyeshyamba zarekuye abantu 161 ziherutse gushimuta

Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warekuye abaturage 161 wari uherutse gushimuta mu ntara ya Ituri.
7 March 2025 Yasuwe: 691 0

Amerika na Ukraine bigiye kuganira ku buryo bwo guhagarika intambara

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwitegura ibiganiro na Ukraine bizabera muri Arabia Saoudite, bigamije gushaka igisubizo cy’intambara imaze imyaka itatu ica ibintu hagati y’u Burusiya na Ukraine.
7 March 2025 Yasuwe: 291 0