Umubare w’abashyingiranwa mu Bushinwa wagabanyutse ku kigero cya 20% mu 2024. Uyu mwaka wabaye uwa mbere mu mateka habaye igabanyuka nk’iri muri iki gihugu.
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cy’umuhanzi w’Umwongereza, Ed Sheeran, waririmbiraga ku muhanda wo mu Mujyi wa Bengaluru, mu majyepfo y’u Buhinde, ivuga ko yaharirimbiye nta burengenzira...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ushobora gufata Umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe ubugizi bwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahamije ko gahunda ye yo kwigarurira Gaza itazigera yemerera abaturage ba Palestine kongera kuhatura kuko hangijwe cyane n’abasirikare ba...
Mu ijoro ryo ku wa Mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye ba Visi Perezida James Wani Igga na Hussein Abdelbagi, hamwe n’umuyobozi w’ikigo...
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yumvikanye ari kuvuga ko Trump akomeye ku mugambi wo gushaka kugira Canada leta ya 51 ya Amerika, ndetse ko bitari ugutebya nk’uko bamwe bashobora...
Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko iri gukora iyo bwabaga isabira u Rwanda ibihano bikakaye, nyuma yo kurushinja gutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Byatangajwe na Minisitiri...
Igisirikare cya Tchad kiri mu myiteguro yo kohereza ingabo zacyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gufasha ku rugamba ingabo za kiriya gihugu ziri mu ntambara n’umutwe wa...