Nyuma yuko ibisasu bizwi nka ‘Ground-Launched Small Diameter Bombs: GLSDB’ Amerika yari yohereje muri Ukraine binaniwe guhangana n’uburyo bw’ikoranabuhanga u Burusiya bukoresha mu kurinda ikirere...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yasabye abaturage kurushaho kwitwararika muri ibi bihe by’imvura, kuko mu bantu 21 bahitanywe n’ibiza kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025, 20 muri bo...
Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Werurwe, abacamanza babiri bategetse ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, gusubiza mu kazi abakozi babarirwa mu bihumbi babuze akazi mu...
Abayobozi batatu bo mu Karere ka Ngoma bavugwaho gutanga serivisi mbi ku baturage banditse basezera mu kazi ku mpamvu zabo bwite, ubuyobozi bw’Akarere busaba abasigaye kwirinda gusiragiza abaturage...
Minisitiri w’Ingabo wa Uganda, Jacob Oboth, yahakanye ibyo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda (UPDF), Brig Gen Felix Kulayigye...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwahagaritse by’agateganyo gahunda yo gukwirakwiza internet mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange kuko hari gukorwa inyigo igamije kunoza...