skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

BAHATI CLAUDE yasabye guhindura amazina akitwa CLAUDE RUGABA BAHATI

Uwitwa Uwitwa BAHATI CLAUDE yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa CLAUDE RUGABA BAHATI mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku...
14 February 2025 Yasuwe: 450 0

Filime 7 zo kureba kuri Saint Valentin

Buri tariki ya 14 Gashyantare, urukundo ruba ari rwo ruganje, abantu bakishimira uwo munsi ku buryo butandukanye. Bamwe bategura ibirori cyangwa amafunguro yihariye, mu gihe abandi bahitamo...
14 February 2025 Yasuwe: 1044 0

Ubwato butwara indege z’indwanyi bwa Amerika bwagonganye n’ubwato bw’ubucuruzi

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, Igisirikare cya Amerika cyavuze ko ubwato bugwaho indege z’indwanyi bw’Ingabo zirwanira mu mazi bwagonganye n’ubwato bw’abacuruzi hafi ya Misiri, aho...
14 February 2025 Yasuwe: 553 0

Perezida Lourenço yasabye Tshisekedi kurenga umurongo utukura yihaye

Perezida João Lourenço wa Angola, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igomba kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu.
14 February 2025 Yasuwe: 1788 0

Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame ku wa Kane yakiriye mu biro bye ba Musenyeri bagize Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO).
14 February 2025 Yasuwe: 1285 0

Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze

Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore...
13 February 2025 Yasuwe: 3038 0

Sudani igiye kwakira ibirindiro by’Ingabo z’u Burusiya zirwanira mu mazi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sudani, Ali Youssef Ahmed Al-Sharif, yatangaje ko Sudani n’u Burusiya byemeranyije kuri gahunda y’uko u Burusiya bwubaka ikigo cy’ingabo zirwanira mu mazi ku...
13 February 2025 Yasuwe: 538 0

Polisi yafunze umushoferi watwaye abafana bicaye hejuru y’imodoka

Polisi yo muri Uganda yataye muri yombi umushoferi wa taxi wafashwe atwaye abagenzi barenze urugero, ibintu byashyize ubuzima bwabo mu kaga.
13 February 2025 Yasuwe: 1616 0

Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, bemeranya ko bagiye gutangira ibiganiro bigamije...
13 February 2025 Yasuwe: 446 0

Uwahoze ayobora Google yagaragaje impungenge ko AI ishobora gukoreshwa mu iterabwoba

Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Google afite impungenge ko ubwenge bw’ubukorano cyangwa Artificial Intelligence bushobora gukoreshwa n’iterabwoba cyangwa “ibihugu bitubahiriza amategeko” mu...
13 February 2025 Yasuwe: 186 0