skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira

Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva rusange irimo imirambo 28 y’abimukira bo munsi y’ubutayu bwa Sahara hafi y’ahantu bivugwa ko bari...
11 February 2025 Yasuwe: 268 0

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabye gusubikirwa urubanza agashaka umwunganizi

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kumusubikira urubanza rw’ubujurire aregwamo n’Ubushinjacyaha ku cyaha cyo gutwara ikinyabiziga yanyweye ibisindisha.
10 February 2025 Yasuwe: 511 0

Liban yashyizeho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri y’inzibacyuho

Perezida wa Liban, Joseph Aoun, yasinye iteka rishyiraho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kiri mu ntambara yahanganishije Israel na Hezbollah, yatumye kiyoborwa na Guverinoma...
10 February 2025 Yasuwe: 301 0

Perezida wa Colombia yasabye abaminisitiri batishimiye impinduka ze kwegura

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yasabye abagize guverinoma ye ko bakwegura mu mirimo yabo mu gihe baba batishimiye impinduka ateganya kuyikoramo.
10 February 2025 Yasuwe: 265 0

Konti ya Kanye West kuri X yafunzwe

Konti ya Kanye West ‘Ye’ ku rubuga nkoranyambaga X, yafunzwe nyuma y’ubutumwa uyu muraperi amaze iminsi anyuzaho bunyuranyije n’amategeko y’uru rubuga ruri mu zikoreshwa cyane ku Isi.
10 February 2025 Yasuwe: 260 0

Abagabo babiri bafashwe batwaye urumogi barwita imibavu ihumura

Abagabo babiri bafatiwe mu mujyi wa Kigali bafite igikapu kirimo urumogi bakekwaho kurukura mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, bari barushyize mu gikapu ubundi barenzaho imibavu...
10 February 2025 Yasuwe: 728 0

Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene

Pasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuma u Rwanda arwifuriza ibibi ndetse n’ibyago bitandukanye.
10 February 2025 Yasuwe: 2328 0

Goma: Amashuri yongeye gukora

Amashuri aherereye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafunguwe kuri uyu wa 10 Gashyantare 2025, nyuma y’igihe kirenga ibyumweru bibiri afunzwe kubera impungenge...
10 February 2025 Yasuwe: 523 0

Super Bowl Halftime Show: Kendrick Lamar yakoze igitaramo cy’amateka, umubyinnyi we arafungwa

Hip-Hop yongeye gushyirwa ku ibere ku mukino wa nyuma wa NFL, Super Bowl, aho umuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka ibigwi yongeye kwerekana ko atari agafu k’imvugwa rimwe.
10 February 2025 Yasuwe: 350 0

Tanzania igiye guhagarika ikoreshwa ry’amafaranga y’amahanga imbere mu gihugu

Banki ya Tanzania ku bufatanye na Minisiteri y’Imari muri icyo gihugu irateganya gushyiraho amabwiriza agamije guhagarika ikoreshwa ry’amafaranga y’amahanga imbere mu gihugu.
10 February 2025 Yasuwe: 380 0