U Bushinwa bukomeje gushimangira ko ari umufatanyabikorwa ukomeye wa Afurika mu ubucuruzi, aho ubucuruzi hagati y’impande zombi bwageze kuri miliyari 295 z’Amadolari y’Amerika mu mwaka wa 2024,...
Inteko Ishinga Amategeko ya Seribiya yabereyemo imvururu kuri uyu wa Kabiri, aho bamwe mu badepite batavugarumwe n’ubutegetsi batitaye ku mutekano, batangira gutera ibyotsi biryana mu maso (tear...
Itsinda rigizwe n’Inama y’igihugu y’Abepiskopi ya Congo (CENCO) n’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC) ryagiranye inama, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 4 Werurwe, na Perezida wa Uganda, Yoweri...
Umusirikare wa Uganda, L / Cpl Sserunkuma Denis, ukorera ku Ishuri ry’imyitozo ya gisirikare rya Kaweweta, yarashe umugore we, Kebirungi Kella Adyeeri aramwica. Ibi byabaye ku wa Mbere, itariki ya...
Banki ya Ghana na Banki Nkuru y’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane hagamijwe gutangiza icyitwa ‘licence passporting framework’ n’ubwishyu bwambukiranya imipaka ku bucuruzi....
Guverinoma ya Israel yatangaje ko mu gihe imbohe zose zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zizaba zitarekuwe vuba, izafunga amarembo ya Gaza ubundi ikahahindura mu kuzimu.
Miss Muyango Claudine na Juno Kizigenza bemeje ko bazitabira igitaramo cya Bwiza mu Bubiligi, mu rwego rwo kumushyigikira ubwo azaba amurika album ye ya kabiri yise ‘25 Shades’.