Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva rusange irimo imirambo 28 y’abimukira bo munsi y’ubutayu bwa Sahara hafi y’ahantu bivugwa ko bari...
Perezida wa Liban, Joseph Aoun, yasinye iteka rishyiraho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kiri mu ntambara yahanganishije Israel na Hezbollah, yatumye kiyoborwa na Guverinoma...
Abagabo babiri bafatiwe mu mujyi wa Kigali bafite igikapu kirimo urumogi bakekwaho kurukura mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, bari barushyize mu gikapu ubundi barenzaho imibavu...
Hip-Hop yongeye gushyirwa ku ibere ku mukino wa nyuma wa NFL, Super Bowl, aho umuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka ibigwi yongeye kwerekana ko atari agafu k’imvugwa rimwe.
Banki ya Tanzania ku bufatanye na Minisiteri y’Imari muri icyo gihugu irateganya gushyiraho amabwiriza agamije guhagarika ikoreshwa ry’amafaranga y’amahanga imbere mu gihugu.