Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa.Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi...
Ingabo za Pakistan zavuze ko zashyize imijyi myinshi yo mu Buhindi mu gipimo. Bivuze ko niba u Buhindi butekereje kugaba igitero, Pakistan izahita igaba igitero.
Umuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee n’umugore yaburaniraga wamushinje kumusambanya ubwo yari afite imyaka 13 mu 2000; yavuze ko yahombejwe n’iki...
Igikorwa cy’imikino ya ruhago cyamaze iminsi itanu kibera ku bibuga byo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, kigamije kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko...