skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Kagame yakiriye Gén. Doumbouya mu rwuri rwe (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 3 Gicurasi, yakiriye mu rwuri rwe ruherereye i Kibugabuga ho mu karere ka Bugesera Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Général de Brigade Mamadou...
3 May 2025 Yasuwe: 1695 0

Mr Eazi mu biganiro by’imikoranire na RDB

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria akaba n’Umushoramari, Oluwatosin Oluwole Ajibade wamamaye nka Mr Eazi usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa Choplife Gaming Ltd, mu biganiro by’imikoranire n’Urwego rw’Igihugu...
3 May 2025 Yasuwe: 250 0

Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi

Ubutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje y’amavugurura muri guverinoma.
3 May 2025 Yasuwe: 308 0

Miliyoni 12 Frw zikoreshwa mu kugaburira abagororwa buri munsi

Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) ihangayikishijwe n’ubucucike n’ubwiyongere bw’abagororwa bagana amagororero; bunatuma n’ikiguzi cy’ibibagendaho kizamuka, aho ku munsi hakoreshwa miliyoni 12 Frw...
3 May 2025 Yasuwe: 400 0

Gen. Doumbouya wa Guinée ari mu Rwanda

Brigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu Rwanda kuva ku wa 1 Gicurasi 2025 mu ruzinduko rugamije guhamya ubucuti hagati y’ibihugu byombi.
2 May 2025 Yasuwe: 493 0

Tanzania: Umushara fatizo wagejejwe ku arenga ibihumbi 260 Frw

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35,1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500 (arenga gato ibihumbi 260Frw).
2 May 2025 Yasuwe: 360 0

Israel yongeye kurasa muri Syria

Ingabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi y’Ingoro ikoreramo Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kwihimura ku ngabo za Syria zishinjwa kubangamira...
2 May 2025 Yasuwe: 257 0

Intasikazi y’u Burundi yafashwe mpiri na Twirwaneho

Umusirikarekazi w’u Burundi wo mu mutwe w’ingabo z’iki gihugu ushinzwe ubutasi bwa gisirikare, yafatiwe mpiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho igihugu cye cyohereje ingabo zo...
2 May 2025 Yasuwe: 702 0

Sudani: Ingoro ya Perezida yarashweho amabombe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid Support Forces (RSF) byibasiye ingoro ya Perezida wa Sudani iherereye i Khartoum rwagati, mu gitero cya...
2 May 2025 Yasuwe: 316 0

Abarimo Alyn Sano bavuguruye indirimbo ‘Ye Ayee’ ya Buravan

Abahanzi batandukanye barimo Aline Sano bahuje imbaraga basubiramo indirimbo ‘Ye Ayee’ ya nyakwigendera Yvan Buravan mu rwego rwo kumuzirikana no kumuha icyubahiro.
2 May 2025 Yasuwe: 123 0