Abayobozi b’Itorero Gatolika baturutse impande zose z’isi bateraniye i Vatikani gutangira inama y’ibanga izwi nka konklave, ari yo nzira y’ibanga ibamo gutoranya papa mushya.
Umuyobozi mushya w’inzibacyuho wa Syria, Ahmed al-Sharaa, agiye kugirira uruzinduko rwa mbere ku Mugabane w’u Burayi, aho azahura na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, ku wa 7 Gicurasi 2025.
Inter Milan yatsinze FC Barcelone ibitego 4-3 mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA Champions League, ibona itike yo gukina umukino wa nyuma ku giteranyo cy’ibitego 7-6.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi 2025, umutwe w’ingabo zidasanzwe, (RSF) wagabye ibitero bikomeye hafi y’Ibiro bya Perezida, Abdel Fattah al-Burhan mu mujyi wa Port Sudan, usanzwe ugenzurwa...
Imirwano yubuye hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi ba M23 muri Teritwari za Uvira na Walungu zo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.