Pakistan yatangaje ko imaze kwica abasirikare b’u Buhinde nyuma y‘ibitero bwagabye ku wa 7 Gicurasi 2025, ku bikorwaremezo byifashishwa mu bitero by’iterabwoba muri Pakistan no mu gice igenzura mu...
Amakamyo atwaye ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), yanyuze mu Rwanda kuri uyu wa 8...
Abagore bo mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bishyiriyeho irondo rikorwa na bo gusa, rigamije gukangurira bagenzi babo batita ku miryango yabo, gutaha kare bakaganiriza abana aho...
Umuhanzikazi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Bijou Dabijou, yahamije ko ari mu rukundo n’umuherwe wo muri Kenya Jimal Rohasafi, ndetse avuga n’imishinga mishya afite mu muziki.
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Gicurasi 2025 hazagwa imvura iri hejuru gato y’iyari isanzwe igwa muri uko kwezi.