Leta y’u Rwanda yahagarariwe mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yo ku rwego rwa ba Minisitiri irimo kubera i Berlin mu Budage, yiga ku ibikorwa byo kubungabunga amahoro (UN Peacekeeping Ministerial...
Ni mu muhango wabereye mu mujyi wa Malakal, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo abo muri Leta ya Sudani y’Epfo, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’abahagarariye inzego...
Ikipe y’Igihugu ya Basketball yisanze mu itsinda rimwe na Tunisia mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2027, iteganyijwe gutangira mu Ugushyingo 2025.
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.