Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriye Minisitiri...
Umuhanzikazi w’Umunya-Jamiaca Shenseea ari ku rutonde rw’abahanzi bazafatanya na Wizkid mu gitaramo afite i Los Angeles mu kwezi gutaha, kikaba kimwe mu bitaramo bye bizenguruka Isi.
Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine zifashishije mu bitero bitandukanye, zishwanyaguza na missile z’ubwoko butandukanye.
Perezida Kagame wagiriye uruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Arsenal na Paris Saint-Germain.
Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa.Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi...
Ingabo za Pakistan zavuze ko zashyize imijyi myinshi yo mu Buhindi mu gipimo. Bivuze ko niba u Buhindi butekereje kugaba igitero, Pakistan izahita igaba igitero.
Umuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee n’umugore yaburaniraga wamushinje kumusambanya ubwo yari afite imyaka 13 mu 2000; yavuze ko yahombejwe n’iki...