skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Bushinwa: Robots zatangiye gutozwa imirimo hifashishijwe AI

Robots zifite imiterere nk’iy’abantu ziri gutozwa imirimo itandukanye mu mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, nko kuzinga imyenda, gukora imigati no gufungura inzugi, hifashishijwe ubwenge buhangano (AI).
13 May 2025 Yasuwe: 273 0

U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage

Kuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine.
13 May 2025 Yasuwe: 440 0

APR FC yatandukanye n’umutoza Darko Nović

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic.
13 May 2025 Yasuwe: 683 0

Amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa

Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu...
13 May 2025 Yasuwe: 1883 0

Trump yashinje EU kubangamira ubucuruzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), awushinja imikorere idahwitse mu bucuruzi, irimo kubangamira icuruzwa ry’imodoka no gutuma imiti...
13 May 2025 Yasuwe: 317 0

Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93

Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gicurasi 2025, polisi yo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo babiri bari bafite udupfunyika tw’urumogi 93.
13 May 2025 Yasuwe: 380 0

Abadepite bishyurije ibitaro byambuwe asaga miliyari 1.2 Frw

Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta bagaragarije Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ko hari umwenda wa miliyari 1 n’asaga miliyoni 288 z’amafaranga y’u Rwanda, ibitaro bya...
13 May 2025 Yasuwe: 586 0

KAGAME Muyoboke yasabye guhindura amazina akitwa NGEZAYO MUYOBOKE BONHEUR

Uwitwa KAGAME Muyoboke yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NGEZAYO MUYOBOKE BONHEUR mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri...
13 May 2025 Yasuwe: 591 0

U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda rwungutse imashini igezweho ikoreshwa mu buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire izwi ka PET (Positron...
13 May 2025 Yasuwe: 322 0

U Burusiya bwamaganye igitutu bushyirwaho n’ibihugu by’i Burayi

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yifuza amahoro arambye muri Ukraine ariko itazemera gushyirwaho igitutu n’ibihugu byo ku mugabane w’i Burayi biyikangisha ibihano.
13 May 2025 Yasuwe: 296 0