skol
fortebet

Imyidagaduro

Menya ibintu 10 Meddy ari kugenderaho mu guhitamo uwo bazarushinga

Meddy wamaze kugera mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya ‘Beer Fest’ yamaze gutangaza ko nta (…)

Meddy yahishuye impamvu nyamukuru yatumye we na The Ben batoroka igihugu

Umuhanzi Ngabo Medard (Meddy) yatangaje ko we na mugenzi w’umunyamuziki, The Ben bafashe (…)

Nyina wa Meddy yavuze impungenge yahoranaga kuva umuhungu we yagenda-AMAFOTO

Nyina wa Meddy uri mu bari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali I kanombe,yavuze ko (…)

Ifatwa ry’amashusho y’indirimbo Urban Boys ihuriyemo na Kitoko rirarimbanyije-AMAFOTO

Itsinda rya Urban Boys rimaze kuba ubukome muri muzika bamaze kunona umushinga w’indirimbo (…)

Mutesi Parfine yandikiye Safi bashwanye badakoze ubukwe

Mutesi Parfine umugore w’ubaranga ubarizwa mu Busuwisi yanditse asubiza uwahoze ari umukunzi we (…)

Umuririmbyi Saida Karoli ategereje uzaza ku mwica nk’uko yabibwiwe

Saida Karoli, umuhanzi w’icyamamare ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya akaba umunyambigwi muri (…)

Izina Shaddy ryongeye kuba ingingo yo kuganiraho binyuze mu mvugo ‘odeur ya océan’

Umunyamideli Shaddy Boo [Mbabazi Shadia] wamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ashotora (…)

Senderi mu bitaramo bizenguruka Nyabarongo, azaha abaturage amagare

Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza (…)

Mbabazi Phionah yihakanye Mico the Best nyamara bafitanye umwana

Umuririmbyi Phionah Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, aherutse (…)

Imitoma iraca ibintu kuri Pilote Mbabazi ugiye kurushinga n’umunyamuziki

Iminsi 24 niyo ibura ngo Mbabazi Esther utwara indege ya Rwandair arushingane n’umunyamuziki (…)

2018 ushobora gusiga amakuru yose akenewe ngo Sipiriyani na Daphrose bagirwe abatagatifu

Umwaka utaha wa 2018 ushobora gusiga amakuru yose akenewe kugira ngo Cyipiriyani Rugamba na (…)

Queen Cha agiye kugura imodoka mu mafaranga yasaruye muri Guma Guma

Mugemana Yvonne [Queen Cha] ntiyerura neza ngo ahamye ko agiye kugura imodoka muri miliyoni (…)

Inseko ya Miss Akiwacu Colombe yamuhesheje impano idasanzwe

Nyampinga w’u Rwanda mu 2014, Akiwacu Colombe utuye mu Bufaransa yatangaje ko kwakirana urugwiro (…)

Asinah yatangaje umukunzi mushya yasimbuje Riderman

Mukasine Asinah uharawe cyane mu njyana ya Dancehall yatangaje ko afite umukunzi mushya nyuma (…)

Urban Boys bashyize hanze amashusho ya ‘Mama’ mu gihe bitegura gushyira hanze iyo bakoranye na Kitoko

Itsinda rya Urbana Boyz rigizwe n’abasore batatu bamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo (…)