skol
fortebet

Imyidagaduro

Teta Sandra yeretse Derek ko uwamukunze ntaho yagiye

Umunyamideli Sandra Teta wamamaye cyane ubwo yari mu rukundo na Derek, yongeye kwerekana ko (…)

Kitoko yakomoje kuri Senderi ukunze kumwishongoraho, anavuga ko adateze kwiyita umwami wa Afrobeat

Kitoko Bibarwa yatangaje ko atazigera yiyita umwami w’injyana ya Afrobeat, ngo kuba Senderi (…)

Kitoko yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Thank you Kagame’ yafatiye ku gasongero ka Convention Center

Musabwa Patrick wamamaye nka Kitiko yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ‘Thank you (…)

Just Family bamuritse amashusho y’indirimbo ‘Nashiriyemo’-YAREBE

Itsinda rya Just Family ryashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Nashyiriyemo’ nyuma y’igihe (…)

Bebe Cool ‘umurashi mwiza’ umugore we agiye kwibaruka umwana wa Gatanu

Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda, cyanditse inkuru ifite umutwe ugira uti “Bebe ni (…)

Aline Gahongayire yakomoje ku nkuru zurudaca zimwandikwaho ngo ‘yahetse ibiheko’, ‘Ubuhehesi’ n’ibindi

Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko (…)

Safi ntateze gusiba amafoto afitanye n’umukunzi we bashwanye

Madiba Safi wo mu itsinda rya Urban Boys uherutse gushwana n’umukunzi we bari bamaranye imyaka (…)

The Ben yemeje ko agiye kugaruka i Kigali

Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben yamaze kwemeza ko azaza i Kigali mu Rwanda, mu gitaramo (…)

Sugira wujuje inzu ebyiri muri Kigali yavuze ku mukobwa bitegura kurushinga muri 2018

Umukinnyi mpuzamahanga Sugira Ernest wamaze kugurwa n’ikipe ya APR FC avuga ko afite umukunzi (…)

Chameleone konti akoresha kuri instagram yibwe ndetse igiye gushyirwa ku isoko

Umuhanzi Dr Jose Chameleone yamaze gutangaza ko konti yakoreshaga kuri instagram yibwe ndetse ko (…)

Umutare Gaby n’umukobwa aherutse kurongora barabarizwa muri Australia

Umuririmbyi Umutare Gaby washakanye na Joyce Nzera mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga uyu (…)

Urban Boys, Meddy, The Ben na Dj Phil Peter bari mu bahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA-URUTONDE

The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter (…)

Miss Iradukunda wa RBA yarushinganye n’umusore bamaranye imyaka 6-AMAFOTO

Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga (…)

Aline yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Ni yo yabikoze’ yitsa cyane ku nzitane yahuye nazo-YAREBE

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yamuritse amashusho (…)

Phiona ntiyatinye kwerura ko urukundo rwe na Mico aribo babipanze kugira ngo bavugwe cyane

Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta (…)