skol
fortebet

Imyidagaduro

Christopher yirinze kuvuga ku indirimbo yakoranye na Meddy yabaye nka ya mabati

Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher yatangaje ko nta kintu na kimwe ashaka kuvuga (…)

Uko Meddy yiyumva mbere yo gutaramira mu Rwanda n’igihe azazira

Ngabo Medard Jobert wihaye akabyiniriro ka Meddy umaze imyaka irindwi adakandagira ku butaka (…)

Kitoko yakomoje ku bukwe bwe n’ umunyamakurukazi Kizima

Umuririmbyi Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda, yavuzweho kuba mu rukundo n’umunyamakuru (…)

Jay Polly yavuze ku myambarire y’umugore we ikunze kurangaza abamureba-AMAFOTO

Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa (…)

The Ben yasobanuye uko yiyumva nyuma y’uko inkumi 3 zisutse amarira kubera we

Mugisha Benjamin wiyise The Ben uri mu Rwanda yatangaje ko mu myaka amaze muri muzika amaze (…)

Aho bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibazagumirwa ko batandukana n’inkumi z’ikimero nta gihe gishize?

Abahanzi n’abaririmbyi, abakinnyi ba filime, Abanyamideli n’abandi ni bamwe mu bantu bakurikirwa (…)

Umuraperi AY ugiye gushyingiranwa n’umunyarwandakazi yamaze gufata irembo

Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yamaze gufata irembo (…)

Knowless yasubitse igitaramo yiteguraga gukorera i Burundi

Ingabire Jeanne d’Arc wamamaye nka Knowless yatangaje ko yamaze gusubika urugendo yagombaga (…)

Kitoko, The Ben n’abandi 9 baratarama mu gitaramo cyo kwizihiza intsinzi ya Paul Kagame

Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora (…)

The Ben yagarutse I Kigali yongera kwakiranwa urugwiro

Umuhanzi w’ Umunyarwanda Mugisha Benjamin, wiyise The Ben wari uherutse mu Rwanda mu ntangiriro (…)

Icyo Tricia na Tom Close bavuga ku mukobwa wabo uzaba Nyampinga w’u Rwanda wujuje imyaka 3

Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tom Close na (…)

Urwibutso Safi yasigaranye nyuma yo gushwana na Knowless, yanavuze icyamutanyije na Mutesi

Umuririmbyi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko kuba yaratandukanye na (…)

DJ Pius yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Wabulila’-YAREBE

Umuririmbyi Dj Pius yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Wabulila’ yari amaze iminsi (…)

Gitwaza yatunguwe n’abakirisitu be bamukoreye ibirori by’isabukuru-AMAFOTO

Intumwa (Apostle ) Dr. Paul Gitwaza iyobora amatorero ya ZTCC ( Zion Temple Celebration Centers (…)

Humble yatumiye mu bukwe umwana wasubiyemo indirimbo yafatanyije n’umukunzi we

Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo n’umukunzi we bafashe icyemezo cyo gutumira mu bukwe bwabo (…)