skol
fortebet

Imyidagaduro

Akon yemeje ko azitabira Youth Konnekt Africa Summit 2017 izabera mu Rwanda

Icyamamare Akon, umuririmbyi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Senegal (…)

Anita yaba asigaye abana n’umukunzi we mu gihe bitegura kwibaruka imfura

Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi (…)

Kitoko agarutse mu Rwanda mu bikorwa by’amatora

Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda (…)

The Ben yahishuye ko ashobora kuzana na Meddy kubyina intsinzi ya Perezida

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko atahakana cyangwa ngo yemeze ko azazana na (…)

Knowless ku rutonde rw’abahanzi bahataniye ibihembo bikomeye muri Nigeria

Umuhanzikazi Butera Knowless washakanye na Ishimwe Clement, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira (…)

Urban Boys igeze kure umushinga wo gutunganya amashusho y’indirimbo ‘Mama’ -AMAFOTO

Abasore bagize itsinda rya Urban Boys, bamaze iminsi bahugiye mu gutunganya no gukora amashusho (…)

AMAFOTO mashya y’ubukwe bw’umunyarwenya Ramjanne

Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu (…)

Professor Jay yakoze ubukwe n’umugore barambanye (Amafoto+VIDEWO)

Umuhanzi wo mu njyana ya Hip-Hop Joseph Haule wamamaye nka Professor Jay yashyingiranwe (…)

Canada:The Ben yatunguwe ku rubyiniro n’inkumi bakoranye mu mashusho y’indirimbo ‘Habibi’-AMAFOTO

The Ben yasazwe n’ibyishimo ubwo yatungurwa n’umukobwa yakoresheje mu mashusho y’indirimbo (…)

Paul Okoye [P Square] yibarutse impanga-AMAFOTO

Umunyamuziki Paul Okoye [ukunda kwiyita Rude Boy] ubarizwa mu itsinda rya P Square, yibarutse (…)

Amerika: Umunyarwenya Ramjaane yarushinze

Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu (…)

Umugore wa Chameleone yandikishije amazina y’abana be k’urushyi rw’akaboko

Daniella Atim Mayanja, umugore w’umuhanzi ukomeye muri Uganda Jose Chameleone yandikishije (…)

The Ben yanyuzwe n’intera indirimbo yakoranye na Sheebah igezeho muri Afurika y’Iburasirazuba

Mugisha Benjamin [The Ben] usanzwe ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanyuzwe (…)

Miss Uwase Vanessa arotswa igitutu n’umusore wifuza gushyingiranwa nawe

Uwase Vanessa wambaye ikamba ry’Igisonga cya Kabiri cya Nyampinga w’u Rwanda 2015, yasabwe (…)

Mani Martin yarangije Kaminuza muri Mount Kenya atura intsinzi umubyeyi we

Umuhanzi Maniraruta Martin wamamaye nka Mani Martin ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kurangiza (…)