skol
fortebet

Imyidagaduro

Impanga za Beyoncé na Jay z baherutse kwibaruka zavanywe mu bitaro

Beyoncé yahishuye y’uko yishimye nyuma y’uko abana be b’impanga yibarutse bavanywe mu bitaro (…)

Diamond yavuze ku munyamideli yateye inda

Umunyamiziki Diamond Platnumz uri mu bubashywe muri Afurika y’Iburasizuba yamaganye ibihuha (…)

Abana babyinnye ’Sitya Loss’ ya Eddy Kenzo bategerejwe muri BET Awards

Abana b’ababyinnyi bagize itsinda ’Triplets Ghetto Kids’ bamenyekanye cyane mu mashusho (…)

Chameleone yandikishije izina ry’umugore we ku ijosi-AMAFOTO

Urukundo rwa Chameleone na Daniella rugeze kuyindi ntera.Itandukana ryabo ryavurwaga mu minsi (…)

Diane wabenze Platini [Dream Boys] yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we

Umuririmbyi Kitoko Bibarwa muri Rurashonga yateruye agira ati ‘urukundo burya ni nka bombo isaza (…)

Miss Shanel yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Igisingizo’ avugamo ibyiza by’u Rwanda-YIREBE HANO

Nirere Shanel, umuhanzi ukorera umuziki mu Bufaransa aho atuye n’umugabo we Guillaume Favier (…)

Hari abahanzi batatu Riderman aha amahirwe yo kuvamo umwe wegukana PGGSS7—

Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari (…)

Jay Polly yavuze babiri bazavamo umwe wegukana PGGSS7 ngo amashusho ya ‘Too Much’ yakuyeho ijisho

Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na (…)

Urban Boys yavuze batatu bazavamo uwegukana PGGSS7, banakomoza kwitandukana ryabo

Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi (…)

Ubutumwa Miss Kundwa Doriane yageneye umubyeyi we ku isabukuru y’amavuko

Nyampinga w’u Rwanda wa 2015, Kundwa Doriane yifurije isabukuru Nziza Nyina umubyara avuga ko (…)

Miss Mutesi Aurore yongeye kuvuga ukwiye kwegukana PGGSS7

Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2012, Mutesi Aurore yagaragaje ko ashyigikiye umuhanzi (…)

Knowless mu bashyigikiye Dream Boys muri PGGSS7...Ni jye utahiwe

Mu gihe habura amasaha macye ngo irushanwa rya PGGSS ku nshuro ya karindwi rigere ku musozo, (…)

AMAFOTO agaragaza umugore wa Tom Close akuriwe

Muri 2014 ni bwo Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse imfura yabo. Nyuma (…)

Beyoncé na Jay- z impanga babyaye zavukanye ibibazo by’ ubuzima

Umuririmbyikazi w’ Umunyamerika Beyoncé Knowles n’ umugabo we Shawn Corey Carter "Jay- z" (…)

Umuhanzikazi w’ Umunyamerika ’Beyonce’ yabyaye impanga

Amakuru atangazwa n’ ibitangamakuru bitandukabye byo muri Leta zunze ubumwe za Amerika aravuga (…)