skol
fortebet

Imyidagaduro

Beyoncé uherutse kwibaruka impanga arimo gufasha ababyeyi n’ abana mu Burundi

Umuririmbyikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter benshi bazi nka Beyoncé kubera ko ariryo zina ry’ (…)

King James, Rafiki na Senderi basusurukije abitabiriye umunsi wo kwibohora -AMAFOTO

Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka, U Rwanda rwizihizaho umunsi wo kwibohora. Abahanzi nyarwanda (…)

Meddy ategerejwe mu Rwanda mu bitaramo bitanu ashobora no gukorana na The Ben

Umuririmbyi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy muri muzika Nyarwanda, agiye kuza mu Rwanda gukora (…)

Adrien yasobanuye uko yahuye na Meddy ndetse na The Ben, anakomoza kugituma ashikamye muri Gospel

Adrien Misigaro umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, yavuze urugendo yakoze (…)

Umukobwa uvugwaho gutwita inda ya Diamond yashyize avuga ise w’umwana

Umunyamideli Hamisa Mobeto, wakunze kuvugwaho kugirana umubano wihariye n’abahanzi batandukanye, (…)

Nyuma ya Takaramo na Tambaza, Martin Promoter yashyize ahagaragara indi ndirimbo nshya (YUMVE HANO)

Umusore w’Umunyarwanda ,Martin Munezero ariko umenyerewe ku izina rya Martin Promoter nyuma yo (…)

Menya ikintu gishobora gutuma Miss Jolly yongera kwireba mu ‘Indorerwamu’

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly yavuze ko mbere y’uko ava mu nzu ngo ajye mu kazi (…)

Koffi yagaragaye akurura imisatsi y’umubyinnyi we-REBA AMASHUSHO

Umuririmbyi ukomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomide yongeye (…)

Humble Jizzo yakoze ikosa ryahagurukije abanyamasengesho basengera amadayimoni yari yateye kwa Nyirakuru

Humble Jizzo avuga ko mu bwana bwe yakoze amakosa atandukanye ariko ko adashobora kwibagirwa (…)

Bebe Cool yahishuye amabanga yo mu buriri kugeza avuze ko umugore we agura ‘Ikariso’ nshya buri cyumweru

Umuririmbyi Moses Sali [Bebe Cool] yavuze ku mabanga akomeye agirana n’umugore we Zuena mu (…)

Diamond yagereranyije uburanga bw’abanyarwandakazi n’inkumi zo muri DR Congo

Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu (…)

Diamond yahamije ko ari ‘Umunyabigwi’ muri muzika [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata mu busitani bwa Golden Tulip (…)

Umuraperikazi Ciney yarushinze (Amafoto)

Uwimana Aïsha wamenyekanye nka Ciney muri muzika Nyarwanda yamaze gusezerana n’umukunzi (…)

Chameleone wari wambaye nka ‘Spiderman’ yashimangiye ubuhanga bwe mu gitaramo yakoreye muri Uganda-AMAFOTO

Umunyamuziki ukomeye mu gihugu cya Uganda, Jose Chameleone yashimangiye ko ari umunyabigwi mu (…)

Ali kiba arashinjwa gutera inda umukobwa akamwihakana bidateye kabiri

Ali kiba uri mu bahanzi bubashywe muri muzika y’Afurika y’Iburasirazuba arashinjwa gutera inda (…)