skol
fortebet

Imikino

Rayon Sports yatangaje amafaranga yahawe kuri Diarra n’ingamba bafite mu gushaka abakinnyi bashya

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze amatsiko abafana babwo bibazaga amafaranga bwagurishije (…)

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bagaragaje ko batagikunda Real Madrid

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bakoze igikorwa cyatunguye benshi ubwo (…)

Mukura VS inaniwe gutsindira APR FC imbere y’abafana bayo

Ikipe ya Mukura VS inaniwe gutsindira APR FC imbere y’abafana bayo mu mukino ubanza wa ½ (…)

Romelu Lukaku yatunguye benshi kubera amagambo yavuze ku mutoza we Mourinho

Romelu Lukaku yatangaje ko umutoza we Jose Mourinho ari umuntu wicisha bugufi nubwo abantu (…)

Real Madrid yakuye umutima ubuyobozi bwa Inter Milan bwifuza cyane Luka Modric

Ubuyobozi bwa Real Madrid buherutse gutakaza kabuhariwe Cristiano Ronaldo buri mu ntambara yo (…)

Ikipe ya Eritrea yatengushye bikomeye abakunzi bayo muri Tour du Rwanda

Ikipe y’Igihugu ya Eritrea yo gusiganwa ku magare yamaze gutangaza ko itazitabira Tour du Rwanda (…)

Marco Asensio yibasiriye David de Gea bakinana mu ikipe y’igihugu ya Espagne

Umukinnyi Marco Asensio aherutse kwibasira umunyezamu wa Manchester United ubwo baheruka guhura (…)

CAF yongeye guhana Rayon Sports kubera kwamamaza mu buryo butemewe

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afrika CAF yongeye gufatira ibihano Rayon Sports (…)

Cristiano Ronaldo yavugishije benshi kubera amafoto agaragaza imyitozo yaraye akoze [AMAFOTO]

Mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino utaha muri Juventus,Cristiano Ronaldo yakoze imyitozo (…)

Matteo Kovacic wifuzwaga na Manchester United yatangaje impamvu ikomeye ituma atifuza kuyerekezamo

Umukinnyi Matteo Kovacic ukina hagati mu ikipe ya Real Madrid ariko wifuza kuyisohokamo kubera (…)

Ismaila Diarra yamaze kwerekeza mu ikipe yo muri Algeria

Rutahizamu Ismaila Diarra yiyongereye mu bakinnyi basohoka muri Rayon Sports kuko magingo aya (…)

Amagambo Jose Mourinho yavuze kuri Cristiano Ronaldo yatangaje benshi

Umutoza wa Manchester United uri kuvugwa cyane mu itangazamakuru yongeye gukora mu bwonko (…)

Mourinho yihimuye kuri Martial wamutereranye muri USA

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yagaragaje ko yanga urunuka Anthony Martial kuko (…)

Umutoza wa Mukura VS yagaragaje impungenge zikomeye afite mbere yo guhura na APR FC

Umutoza Haringingo Francis utoza Mukura VS yatangaje ko nyuma y’umukino baheruka gukina na APR (…)

Gacinya yakorewe ibirori bidasanzwe n’abafana ba Rayon Sports nyuma yo kuva muri gereza

Abafana ba Rayon Sports baraye bakoze ibirori bikomeye byo kwakira Gacinya Chance Dennis wabaye (…)