skol
fortebet

Imikino

Paul Pogba yakoze iKirori muri USA cyarimo abakobwa bambaye imyambarire ikurura abagabo [AMAFOTO]

Umukinnyi Paul pogba akomeje gukora udushya mu biruhuko arimo muri USA aho ku munsi w’ejo (…)

Umukinnyi w’Umufaransa yatunguye benshi kubera ibyo yakoreye N’golo Kante akunda cyane [AMAFOTO]

Umukinnyi w’Umufaransa ukunda N’golo Kante witwa Alain Bulteel yatunguye benshi kubera ukuntu (…)

Mourinho yongeye kwibasira ubuyobozi bwa Manchetser United bwanze kumugurira abakinnyi

Jose Mourinho waraye anyagiwe ibitego 4-1 na Liverpool mu mikino yo kwitegura umwaka w’imikino (…)

Umugabo umaze imyaka 25 aciwe igitsina yishimiye igitsina gishya yakorewe kiri kumufasha kwitwara neza muri filimi z’urukozasoni

Umugabo witwa John Wayne Bobbitt ukomoka muri USA ari mu byishimo bidasanzwe kubera igitsina (…)

As Kigali igiye kwirukana abakinnyi 12 biganjemo abayihenze umwaka ushize ntibatange umusaruro

Ikipe ya AS Kigali igiye gukora impinduka isezerere abakinnyi 12 batatanze umusaruro igure (…)

Umutoza wa Juventus yahawe urw’amenyo kubera ibyo yatangaje kuri Cristiano Ronaldo

Benshi mu bakunzi ba Cristiano Ronaldo bahaye urw’amenyo umutoza Maximiliano Allegri utoza (…)

Jurgen Klopp yibasiriye Ramos wavunnye Mohamed Salah ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Umutoza wa Liverpool Jurgen klopp yageze nyuma agira icyo atangaza ku ikosa Sergio Ramos (…)

Chelsea FC yatangaje amananiza igiye gushyira kuri Real Madrid ngo itabatwara Hazard

Ikipe ya Chelsea FC ikomeje urugamba rwo kugumana kabuhariwe wayo Eden Hazard wifuzwa na Real (…)

Paul Pogba yatumye benshi bacika ururondogoro kubera amafoto yifotoje [AMAFOTO]

Umukinnyi Paul Pogba uherutse gufasha ikipe y’igihugu y’Ubufaransa kwegukana igikombe cy’isi (…)

Olivier Giroud yagaragaye ari gusomana n’umugore we mu buryo budasanzwe [AMAFOTO]

Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Olivier Giroud uherutse gufasha Ubufaransa gutwara igikombe cy’isi (…)

Abafana ba Real Madrid barakaye batangaza umukinnyi bifuza ko asimbura Cristiano Ronaldo byanze bikunze

Mu gihe Real Madrid yifuza ko rutahizamu Edinson Cavani yaza kongera ingufu mu (…)

Tanzania yisubije CECAFA,Amavubi y’abagore arangiza ku mwanya wa nyuma

Ikipe ya Tanzania Kilimanjaro Queens yongeye kwisubiza CECAFA y’abagore nyuma yo kunyagira (…)

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare ku isi yahaye icyizere u Rwanda rwifuza kwakira shampiyona y’isi

Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira (…)

Nahimana Shassir agiye kwerekeza mu ikipe yo muri Oman yamuhaye akayabo k’amamiliyoni

Rutahizamu Nahimana Shassir wari umaze imyaka 2 muri Rayon Sports, ari hafi kwerekeza mu ikipe (…)

Umugabo yafashwe ari gucukura imva yo kwihambamo avuga ko ashaka guhura n’Imana

Umugabo witwa Lachi Reddy ukomoka mu gace ka Andhra Pradesh mu Buhindi, yafashwe ari gucukura (…)