skol
fortebet

Imikino

Nyuma yo guhagarika umutoza wa AS Kigali y’abogore, iya bagabo nayo yahagaritse umukinnyi

Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Mutarama 2016, Tuyesenge Pekeyake uzwi nka Pekinho, wakiniraga (...)

Ubutinganyi bwaba buri mu byatumye umutoza Grace Nyinawumuntu ahagarikwa

Nyinawumuntu Grace, umutoza w’ikipe y’igihugu y’abagore, akaba yari n’umutoza w’ikipe ya AS Kigali, (...)

Impamvu ebyiri, Jimmy Mulisa ashingiraho avuga ko APR FC na AS Kigali hazaca uwambaye

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa atangaza ko umukino bafitanye na AS Kigali mu mpera (...)

Sugira Ernest mu bakinnyi 26 ikipe AS Vita Club izifashisha mu mikino nyafurika

Rutihazamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club, Sugira Ernest yagaragaye ku rutonde (...)

APR yashyize ahagaragara urutonde rw’ abakinnyi 29 izifashisha mu mikino Nyafurika

APR FC nk’ ikipe izaserukira u Rwanda muri CAF Champions yamaze gutanga urutonde rw’agateganyo (...)

Abakinnyi 2 ba Rayon Sports babanza mu kibuga bari muri 5 batemerewe kuzakina ku munsi wa 12 wa shampiyona

Umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzaba ikomeza mu impera z’iki cyumweru. (...)

FIFA yemereye Abanyarwanda 20 gusifura ku rwego mpuzamahanga

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi (FIFA) ryemeje ko abasifuzi 20 bo mu Rwanda (...)

[Exclusive]: Onesme wa APR FC yagarutse mu Rwanda nyuma yo kubagirwa muri Maroc agahita ategekwa gutangira imyitozo

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Twizerimana Onesme yamaze kuva mu gihugu cya Maroc aho yari (...)

Umutoza wa Chelsea yasubije Mourihno ku magambo asebya iyi kipe aherutse gutangaza

Umutoza w’ikipe ya Chelsea, Antonio Conte, yatangaje ko ibyo Mourihno aherutse gutangaza ko (...)

Amakipe 11 muri shampiyona agiye gukurwaho amanota

Amakipe 11 arimo APR FC, Police FC na Mukura agiye kwamburwa amanota yakuye ku ikipe ya (...)

Tubane James aravuga icyo yasaba Perezida Kagame

Myugariro w’ikipe ya AS Kigali, Tubane James avuga ko akunda imbwirwaruhame za Perezida Kagame (...)

Nyuma y’imikino 11 ya shampiyona Gicumbi FC igiye kwakira umukino wayo wa mbere

Ubuyobozi bw’kipe ya Gicumbi buratangaza ko ikibuga cyabo cyari cyarahagaritswe kwakira imikino (...)

Yabajijwe icyo yavuga ku mukino wari urangiye, n’uburakari Pep Guardiola asubiza igihe azasoreza gutoza

Umunya Espagne utoza ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola, nyuma yo gutsinda Banley 2-1, (...)

Arsene Wenger yatoye igitego cya Olivier Giroud muri 5 byiza - Reba ibindi hano

Umutoza wa Arsenal, Arsene Wenger yavuze ko igitego cy’agatangaza cya Olivier Giroud yatsinze (...)

Ortomal Alex rutahizamu wa Sunrise yavuze icyamubabaje mu gihe cyose amaze mu Rwanda

Orotomal Alex, umukinnyi w’umunya Nigeria ukinira ikipe ya Sunrise FC, aratangaza ko mu Rwanda (...)

0 | ... | 11370 | 11385 | 11400 | 11415 | 11430 | 11445 | 11460 | 11475 | 11490 | ... | 11595