skol

Imikino

Umutoza Seninga yashimishijwe nibyo yagezeho muri shampiyona ishize

Ikipe ya Police FC yarangije kumwanya wa kabiri muri shampiyona dusoje imbere ya APR FC ifite (…)

Abanyarwanda 3 bakinaga muri Slovakia berekeje muri APR FC

Nyuma y’aho inkuru ibaye kimomo ko abasore 3 Iranzi Jean Claude,Kalisa Rachid na Ombolenga (…)

Cristiano Ronaldo ashobora kuva mu ikipe ya Real Madrid, impamvu ingana ururo, ese azerekeza he?

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne (…)

Areruya Joseph yatangaje byinshi ku nsinzi ikomeye aherutse kubona

Nyuma y’aho umusore Areruya Joseph arangije irushanwa ryari rimaze icyumweru ribera mu (…)

Inama Alves yagiriye Dybala yatangaje abafana ba Juventus

Ntabwo bisanzwe ko umukinnyi agira inama mugenzi we ubafatiye runini gusohoka mu ikipe bakinira (…)

Zimwe mu mpamvu zitumye ikipe ya Kiyovu Sports imanuka mu cyiciro cya kabiri

Ku munsi w’ejo nibwo imwe mu makipe y’ubukombe hano mu Rwanda Kiyovu Sports yamanutse mu cyiciro (…)

Ngandu Bienvenue ntabwo ari mu bakinnyi bazakina na UGB BBC

Umwe mu bakinnyi b’imena b’ikipe ya REG BBC Ngandu Bienvenue ntabwo azagarara ku mukino uzahuza (…)

Ibyo Umukinnyi wa Real Madrid yavuze kuri Messi byatangaje benshi

Umukinnyi wa Real Madrid Marco Asensio yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ubwo (…)

Nyuma ya GMT shampiyona ya Basketball irakomeza uyu munsi

Nyuma y’ibyumweru bibiri bishize hakinwa amarushanwa yo kwibuka muri Basketball (GMT) shampiyona (…)

Ikipe ya AS Kigali yatangiye kwiyubaka

Nyuma yo kurangiza shampiyona y’uyu mwaka ikipe ya AS Kigali iri ku mwanya wa 4 kuri ubu amakuru (…)

Nyuma y’imyaka irenga 60 mu cyiciro cya mbere ikipe ya Kiyovu sports isubiye mu cyiciro cya kabiri

Ikipe ya Kiyovu Sports bidasubirwaho isubiye mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa n’ikipe (…)

Undi mukino w’iteramakofi uzatwara akayabo k’amadolari wamenyekanye igihe uzabera

Nyuma y’umukino w’iteramakofe wiswe uw’ikinyejana “Fight of the Century” wahuje umunyamerika (…)

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa yatangaje uwo yifuza ko yatoza Ubufaransa mu minsi iri imbere

Noel Le Graet ukuriye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bufaransa (FFF) yatangaje ko yiteze (…)

Inzira Tour du Rwanda izanyuramo uyu mwaka zamenyekanye

Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda (…)

Rayon Sports yakoze imyitozo ikomeye biswe ari iyo kumanura Kiyovu sports

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho (…)