skol

Imikino

Amavubi yasubiye inyuma imyanya 10 ku rutonde rwa FIFA

Ikipe y’igihugu ’Amavubi’ yatakaje imyanya 10 ku rutonde rushya rw’ishyirahamwe ry’umupira (…)

Salome Nyirarukundo uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yahawe amasezerano muri APR

Umukinnyi w’ umunyarwandakazi uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yasinye amasezerano yo (…)

Kwizera Pierrot agiye kuva muri Rayon Sports

Umukinnyi w’ Umurundi, umaze imyaka itatu akinira ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Pierre benshi (…)

Rayon na APR, buri imwe yerekanye ko ikomeye, APR ibura amahirwe yo kwisubiza umwanya wa 2

Umukino wahuje Ikipe ya APR FC na Rayon Sports kuri iki Cyumweru tariki 28 Gicurasi 2017 (…)

Manchester City yatangiye kwirukana bamwe mu bakinnyi

Nyuma y’aho shampiyona nyinshi zirangiye mu cyumweru gishize ikigezweho kugeza kuri uyu munota (…)

Umunyarwandakazi yasize abanyakenyakazi muri Kigali Peace Marathon

Nubwo bimaze kumenyerwa ko abanyakenya n’ abanyakenyakazi aribo biharira ibikombe n’ imidari mu (…)

Menya ibintu bine byafashije Rayon sports gutwara igikombe cya shampiyona y’ uyu mwaka hakiri kare

Magingo aya ikipe ya Rayon Sports yamaze kwizera mu buryo budashikikanywaho ko igikombe cya (…)

Rayon Sports yasezereye Musanze mu gikombe cy’ amahoro

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye ikipe ya Musanze mu gikombe cy’Amahoro kubera umukino ubanza (…)

Michy Batshuayi yafashije Chelsea gutwara igikombe cya Shampiyona y’ u Bwongereza [AMAFOTO]

Nyuma yo kwerekeza mu ikipe ya Chelsea aguzwe muri Marseille kuri miliyoni 33 z’ama-pound (…)

Stade ya Huye yafungiwe amazi n’ umuriro kubera ideni RHA ibereyemo REG na WASAC

Stade Huye yafungiwe amazi n’umuriro kubera umwenda w’amazi n’amashanyarazi ungana na miliyoni (…)

Martin Ngoga yatorewe kuba mu kanama ka FIFA gashinzwe imyitwarire

Inteko rusange ya 67 y’Ishyirahamwe ry’umupira w’amagaru ku Isi (FIFA), yemeje Martin Ngoga (…)

Bidasubirwaho Afurika igiye kujya ihagararirwa n’ amakipe 9 mu gikombe cy’ Isi

Mu gihe ubusanzwe umugabane w’ Afurika wajyaga uhagararirwa n’ amakipe atanu mu gikombe cy’ Isi (…)

Ramos yatangaje uko abona ikipe ya Real Madrid muri uyu mwaka

Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos aratangaza ko nubwo iyi ikipe yatunze abakinnyi (…)

“Nkunda cyane ikipe ya Marseille” Perezida mushya w’ u Bufaransa Emmanuel Macron

Perezida mushya w’ u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko ari umukunzi ukomeye w’ ikipe yo mu (…)