skol

Imikino

Police FC inyagiye Pepiniere, APR FC bigoranye yikura Nyagatare kigabo

Ikipe ya Police FC inyagiye ikipe ya Pepiniere ibitego 4 kuri 1 iguma ku mwanya wa Gatatu inyuma (…)

Shampiyona irakomeza, imikino yose iteganyijwe muri iyi weekend

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza muri iyi Weekend aho (…)

Mukura Victory Sports yirukanye umwe mu banyamahanga bayifashaga

Ubuyobozi bw’ikipe ya Mukura Victory Sports bwamaze gusesa amasezerano n’umurundi wakiniraga iyi (…)

Issa Bigirimana arahakana amakuru yihagarikwa rye muri APR FC

Rutahizamu wa APR FC Issa Bigirimana aranyomoza amakuru avuga yaba yahagaritswe mu ikipe ya APR (…)

APR FC imyitozo irarimbanyije mu kwitegura umukino wa Sunrise

APR FC ikomeje imyitozo yo kwitegura umukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona igomba gusuramo ikipe (…)

"Intego yacu nka bakinnyi ni ugukuramo Rivers United." Savio

Semababa wa Rayon Sports ariko usigaye ukunda gukinishwa cyane ka myugariro w’ibumoso, Nshuti (…)

18 batarimo Shassir, Mutsinzi Ange na Rwatubyaye nibo Rayon Sports ihagurukana yerekeza muri Nigeria

Abakinnyi 18 ba Rayon Sports bagomba guhaguruka mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu (…)

Kwibuka 23: Urutonde rwa bamwe mu banyamuryango ba Basketball bamenyekanye ko bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye imbaga y’abanyarwanda nyamwinshi bazira uko bavutse, buri (…)

FIFA n’andi mashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika bifatanyije n’u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi ’FIFA’ ndetse n’andi mashyirahamwe y’umupira (…)

Kwibuka 23: Urutonde rwa bamwe mu bakinnyi n’abanyamuryango ba Rayon Sports bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yatwaye ubuzima bwa bantu barenga miliyoni, abana, (…)

Kwibuka 23: Imvugo zidakwiye gukoreshwa kuri Jenoside yakorewe abatutsi

Muri iki gihe u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ndetse no muyindi (…)

Gutekereza kwerekeza hanze y’u Rwanda kimwe mubyafashije Savio kuzamura urwego rwe

Semababa w’ikipe ya Rayon Sports ariko kuri ubu usigaye yifashishwa nka myugariro w’ibumoso, (…)

FIFA Ranking: Amavubi amanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde rwa FIFA

U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 (…)

Djabel yatangaje impamvu atigeze yishimira igitego yatsinze Amagaju FC

Manshimwe Djabel umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports nyuma y’uko atsinze igitego muri 4 ikipe ye (…)

"Rayon Sports yatsinze ibitego itavunikiye nitwe twabibihereye." Umutoza Pablo

Umutoza w’ikipe y’Amagaju FC nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports ibitego 4-1 aratangaza ko ari (…)