skol

Imikino

"Rayon Sports yatsinze ibitego itavunikiye nitwe twabibihereye." Umutoza Pablo

Umutoza w’ikipe y’Amagaju FC nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports ibitego 4-1 aratangaza ko ari (…)

Rayon Sports inyagiye Amagaju FC ikomeza gukomanga ishaka igikombe

Umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga Rayon Sports (…)

Rayon Sports irakira Amagaju saa 18:00’, itike ya make ni 2000

Uyu munsi kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata ikipe ya Rayon Sports iraba yakiriye Amagaju FC mu mukino (…)

"Nta tegeko ribuza Mashami gutoza Amavubi anatoza Bugesera." FERWAFA

Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda buratangaza ko nta tegeko ribuza (…)

"Abantu benshi bakunda Rayon Sports ntabushobozi bafite." Masudi Djuma

Masudi Djuma aratangaza ko ikipe ya Rayon Sports ifite abantu benshi bayikunda bayihoza ku (…)

Rwatubyaye, Camara na Yves rwigema ntibari mu bakinnyi bazakina umukino wa Amagaju

Ikipe ya Rayon Sports irakina umukino w’umunsi wa 22 ejo kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata 2017 (…)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bamaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona y’u Rwanda uyu mwaka w’imikino

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda igeze ku munsi wa 22, hakaba hasigaye imikino igera ku (…)

Amagaju ntakozwa impinduka ku mukino wa shampiyona bafitanye na Rayon Sports zakozwe na FERWAFA

Ubuyobozi bw’ikipe ya Amagaju FC bwateye utwatsi iby’iyimurwa ry’umukino w’umunsi wa 22 (…)

Impinduka nto ku mukino wa Rayon Sports n’Amagaju uteganyijwe kuwa Gatatu

Umukino ugomba guhuza ikipe ya Rayon Sports n’Amagaju kuri uyu wa gatatu tariki ya 5 Mata 2017, (…)

Yannick Mukunzi yashyize hanze umukinnyi bakinanye bikamushimisha ndetse n’uwo afata nk’ikitegererezo cye

Umukinnyi wa APR FC Yannick Mukunzi avuga ko yakinanye n’abakinnyi benshi kandi beza (…)

Casa Mbungo abona abasifuzi bakwiye gusubira muri amwe mu mategeko y’ibanze abagenga

Umutoza w’ikipe ya Sunrise FC Casa Mbungo Andre abona abasifuzi bo mu Rwanda bakwiye gusubira (…)

APR FC biyisabye amasegonda 30 yonyine y’umukino ngo yisubize umwanya wa kabiri

Ikipe ya APR FC yisubije umwanya wa kabiri muri shampiyona nyuma yo gutsinda ikipe ya Etincelles (…)

"Si ndi ikigoryi cyo kuguha amazina ngo genda unzanire abakinnyi." Mourinho avuga kuri gahunda afite yo kugura abakinnyi

Jose Mourinho umutoza w’ikipe ya Manchester United yagize icyo avuga kubivugwa ku bakinnyi (…)

Sunrise y’abakinnyi 10 inganyije na Bugesera, Police na AS Kigali ziraza APR FC ku mwanya wa 4

Nyuma y’imvururu nynshi, kutishimira ibyemezo byafatwaga n’abasifuzi umukino w’umunsi wa 22 wa (…)

FERWAFA ntiyumvikana na Mashami igihe agomba gutangirira gutoza Amavubi

Kuwa Kane tari ya 30 Mata 2017 nibwo ishyirahamawe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko (…)