skol
fortebet

Imikino

Mukura VS ntiyumva uburyo FERWAFA ihagarika umukino wayo

Icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) cyo kwanga ubusabe bwo (…)

Impinduka mu birori byo guhemba indashyikirwa mu mwaka w’imikino wa 2023-2024

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwatangaje ko (…)

Impinduka muri Shampiyona y’Igihugu y’Amagare igiye kuba

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Shampiyona y’Igihugu izaba (…)

Rutanga Eric yerekeje muri Gorilla FC

Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Rutanga Eric uheruka gutandukana na Police FC, yasinye (…)

Buregeya Prince yerekeje muri Iraq

Myugariro Buregeya Prince uheruka gutandukana na APR FC, yerekeje mu Ikipe ya Al-Nasiriya izwi (…)

Abakinnyi b’amagare batabigize umwuga biyemeje gukundisha Abanyarwanda uyu mukino

Abakinnyi b’ikipe y’Amagare mu Karere ka Rusizi (Bugarama Cycling Team) na Limitless Cycling (…)

Karate: Zanshin Karate yategura irushanwa rifite umwihariko

Ishuri rya Karate Zanshin Karate Academy ku nshuro ryateguye irushanwa ryiswe, ‘Zanshin Karate (…)

Kiyovu Sports yaguze Amissi Cédric

Nyuma yo guhabwa amafaranga n’Umujyi wa Kigali, Kiyovu Sports yasinyishije amasezerano y’umwaka (…)

Perezida wa Kiyovu Sports yagarutse mu Rwanda

Perezida wa Kiyovu Sports, Nkurunziza David yagarutse mu Rwanda, aho yageze i Kigali ku mugoroba (…)

Imikino Olempike: Noah Lyles yegukanye umudali wa zahabu muri metero 100

Umunyamerika Noah Lyles yegukanye Umudali wa Zahabu mu gusiganwa muri metero 100 mu Mikino (…)

Hari byinshi byatuma tunyurwa - Umutoza wa APR FC nyuma yo gutsindwa na Simba SC

Umutoza w’ikipe ya APR FC Darko Nović avuga ko nubwo batsinzwe na Simba SC ibitego 2-0 mu mukino (…)

REG VC na RRA VC zegukanye irushanwa ’NSSF KAVC

Amakipe ya REG VC mu bagabo na Rwanda Revenue Authority mu bagore ni yo yatwaye irushanwa (…)

APR FC yateye benshi kuyibazaho nyuma yo gutsindwa na Simba SC

Mu mukino wa gicuti wahujwe n’ibirori byo kwerekana abakinnyi Simba SC izifashisha muri uyu (…)

Muhire Kevin yahishuye icyo Rayon Sports yabuze ngo itsinde Azam Fc ku munsi w’igikundiro

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko bakinnye neza ndetse ko ikipe yaguze (…)

Haruna Niyonzima yiyemeje kwishyura ideni yashyizwemo n’aba-Rayon ku munsi w’igikundiro

Umukinnyi wa Rayon Sports ,Haruna NIyonzima yavuze ko afitiye ideni iyi kipe bitewe n’uburyo (…)